END OF YEAR MESSAGE BY H.E THE PRESIDENT AND COMMANDER IN CHIEF OF RDF TO RWANDA DEFENCE AND SECURITY FORCES
On behalf of the Government of Rwanda, and on my own behalf, I wish the officers, men, and women of the Rwanda Defence and Security Forces, and your families, a Happy New Year 2023. As we approach the end of 2022, I wish to commend your exemplary service, hard work and professionalism in delivering your […]
ITANGAZO RIREBANA NO GUSURA ABANTU BAFUNZWE

Urwego rw’ u Rwanda Rushinzwe Igorora (RCS) ruramenyesha abantu bose bafite ababo bafungiye mu magororero ko gusura bizajya bikurikiza ibi
ITANGAZO RIGENEWE ABASABYE KUBA ABAKOZI BATO B’UMWUGA MURI RCS

ITANGAZO RY’AKAZI

Ubuyobozi bw’Urwego rw’U Rwanda rushinzwe lgorora (RCS), rwashyize ku isoko imyanya 4 y’akazi, ushinzwe igenamigambi (Planning Specialist); ushinzwe ubwubatsi (Civil Engineer); Umuganga (Medical Doctor) n’Umutetsi (Chief Cook), abashaka gupiganwa kuri iyo myanya bazazana ibyangombwa bisabwa kuva kuwa 15/12/2022 kugeza kuwa 22/12/2022.
ITANGAZO RIGENEWE ABASHAKA KWINJIRA MURI RCS NK’ABAKOZI BATO B’UMWUGA

URUTONDE RW’ABATSINZE IBIZAMINI BIBEMERERA KUJYA MU MAHUGURWA ATEGURA BA OFISIYE BATO MU RWEGO RW’URWANDA RUSHINZWE IGORORA

UMUGEREKA W’ITEKA RYA PEREZIDA N° 066/01 RYO KU WA 12/11/2022 RITANGA IMBABAZI KUBANTU BAFUNZWE
Itsinda riturutse mu Gihugu cya Jamaica ryasuye RCS baje kwiga uburyo amadosiye y’abafunzwe acungwa hifashishijwe ikoranabuhanga rya IECMS

Uyumunsi taliki ya 09 Ugushyingo 2022, Itsinda ry’abashyitsi riturutse mu gihugu cya Jamaica, riyobowe na Hon.Mr.Delroy Chuck,QC, MP, Minisitiri w’Ubutabera muri icyo Gihugu, basuye RCS, ku cyicaro Gikuru bakirwa n’Umuyobozi Mukuru w’uru rwego, CGP Juvenal Marizamunda, baganira ku ikoranabuhanga rikoreshwa mu gucunga amadosiye y’Abantu bafunzwe Integrated Electronic Case Management System (IECMS).
CGP Juvenal Marizamunda ari muri Leta zunze ubumwe za Amerika aho yitabiriye Ihuriro Mpuzamahanga mu kugorora na za gereza (ICPA)

Komiseri Mukuru w’Urwego rw’U Rwanda rushinzwe Igorora RCS, CGP Juvenal Marizamunda we n’itsinda ryamuherekeje bitabiriye ihuriro mpuzamahanga muri Leta Zunze ubumwe za Amerika muri leta ya Florida, rihuza ibihugu mu kugorora na za gereza, rizamara iminsi itanu guhera kuwa 23-28 Ukwakira 2022, ni ihuriro rusange riri kuba ku nshuro yaryo ya 24 kuko riba buri mwaka mu gihugu kiba cyaratoranyijwe.