ITANGAZO

UNISFA yatoranyije SP Christine Mukankwaya mu bagore bazahatanira ibihembo bagaragaje udushya n’ubwitange mu butumwa bw’amahoro ku isi.

SP Christine Mukankwaya yatoranyijwe mubandi bagore barikumwe muri ubwo butumwa bw’amahoro muri Sudani, akazahatana n’abandi bagore baturutse mu bindi bihugu bitandukanye ku isi
Brigadier General Antonio Maurice – SERNAP Umuyobozi wa magereza muri Mozambique we n’itsinda yarayoboye basuye RCS

Kuri uyu wa mbere taliki ya 06 Kamena 2022, itsinda riturutse mu gihugu cya Mozambique riyobowe na Brigadier General Antonio Maurice-SERNAP Umuyobozi Mukuru wa magereza mu gihugu cya Mozambique,
Gereza Ya Nyanza

Iyubakwa rya gereza ya Nyanza ryatangiye mu 2002 ritangira gukurikizwa mu 2005. Iyi gereza yakira bamwe mu banditsi bakomeye ndetse n’abagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, n’abagororwa bo muri SCSL.
Kurwego rw’Igihugu bwa mbere Imfungwa n’Abagororwa basaga 600 bahawe impamyabushobozi mu myuga bigiye muri za Gereza

Kuri uyu wa 26 Gicurasi 2022, kuri gereza ya Nyarugenge izwi nka Mageragere habereye ibirori byo kurwego rw’Igihugu, aho abagororwa basaga 600 bahawe impamyabushobozi mu myuga itandukanye bigiye muri gereza.
Ubumenyi umusingi ukomeye mu kugorora Imfungwa n’abagororwa.

Imfungwa n’abagororwa bo muri gereza zitandukanye, bavuga ko ubumenyi bahabwa bari muri gereza aribwo:Gusoma, kubara no kwandika ari umusingi ukomeye mu kugorora, kuko ubujiji nabwo bujya buba intandaro y’icyaha bagashima abagira uruhare muri icyo gikorwa.
Uri muri gereza ashobora gufasha umuryango we uri hanze binyuze mu bikorwa nyongeramusaruro

Muri gereza abarimo bakora ibintu bitandukanye aribyo bikorwa nyongeramusaruro bituma babasha kubona amafaranga aturutse ku giciro cyicyo yakoze kikagurishwa agahabwaho makumyabiri ku ijana (20%) ku kiguzi, akaba yayakoresha uko ashaka ari naho ashobora gufasha umuryango we uri hanze.
Hon. Bamporiki Eduard yaganirije Abacungagereza ku butatu bwarangaga Abanyarwanda mbere ya Jenoside

Hon. Bamporiki Eduard yaganirije Abacungagereza ku butatu bwarangaga Abanyarwanda mbere ya Jenoside
Leta irabazirikana DCG Rose Muhisoni abwira abagore bafungiye muri Gereza ya Nyamagabe ku munsi mpuzamahanga ngarukamwaka w’umugore

Taliki ya 08 Werurwe ni umunsingarukamwaka wahariwe umugore ku isi hose, ku rwego rw’igihugu rushinzwe imfungwa n’abagorwa RCS wizihirijwe kuri gereza y’abagore ya Nyamagabe witabirwa n’inzego zitandukanye aho umuyobozi mukuru wungirije wa RCS DCGP Rose Muhisoni yibukije abagore bafungiwe muri iyo gereza ko leta ibazirikana.
Mw’izina rya nyakubahwa perezida wa Repubulika Minisitiri Alfred GASANA

yahaye ipeti rya Assistant Inspector of Prison Abacungagereza batanu Kigali, kuwa 24 Gashyantare 2022 Uyu munsi kuwa 24 Gashyantare 2022, ku Cyicaro Gikuru cy’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Imfungwa n’Abagororwa, habereye umuhango wo gutanga ipeti rya Assistant Inspector of Prison (AIP) ku bacungagereza batanu bakoreye amahugurwa mu gihugu cya Zambia binyuze mu Rwego rw’Igihugu rushinzwe Imfungwa n’Abagororwa […]