ITANGAZO RIGENEWE ABEMEREWE GUKORA AMAHUGURWA YO KUBA ABAKOZI BATO B’UMWUGA B’URWEGO RW’U RWANDA RUSHINZWE IGORORA (RCS)
Hashingiwe ku itangazo ry’Ubuyobozi bw’Urwego rw’U Rwanda Rushinzwe lgorora (RCS) ryatanze kuwa 30/01/2024 rimenyesha abemerewe gukora amahugurwa y’ ‘abakozi bato b’umwuga ko amatariki yo kugera ku ishuriyahindutse kandi ko bazabimenyeshwa mu itangazo.
ITANGAZO RIGENEWE ABEMEREWE GUKORA AMAHUGURWA YO KUBA ABAKOZI BATO B’UMWUGA B’URWEGO RW’U RWANDA RUSHINZWE IGORORA (RCS)
Ubuyobozi bw’Urwego rw’Urwanda Rushinzwe Igorora (RCS) buramenyeshaabemerewe gukora amahugurwa yo kuba abakozi bato b’Umwuga ko i Tariki ya 31/01/2024 bagombaga gutangira ayo mahugurwa yahindutse, indi tariki bakazayimenyeshwa mu itangazo.
ITANGAZO RIGENEWE ABASABYE KUBA ABAKOZI BATO B’UMWUGA MURI RCS
Ubuyobozi bw’Urwego rw’ U Rwanda rushinzwe lgorora (RCS) buramenyesha abiyandikishije basaba kuba abakozi bato b’umwuga b’Urwego rw’ U Rwanda rushinzwe lgorora (Basic Training Course) ko mu Gihugu hose ibizamini bizakorwa ku ma site no ku matariki akurikira saa mbiri za mu gitondo (08h00′).
ITANGAZO RIGENEWE ABASABYE KUBA ABAKOZI BATO B’UMWUGA MURI RCS
Hashingiwe Ku itangazo Ubuyobozi bw’Urwego rw’ u Rwanda rushinzwe lgorora (RCS) bwatanze kuwa 15/12/2023, bumenyesha amatariki n’ahazakorerwa ibizamini by’abiyandikishije basaba kuba abakozi bato ba RCS (Basic Training Course). Abiyandikishije bose baramenyeshwa ko amatariki yo gukora ibizamini bibemerera kwinjirwa mubakozi b’umwuga b’Urwego rushinzwe lgorora (RCS) yahindutse, ibizamini bikaba bisubitswe andi matariki byimuriweho bazayamenshwa mu itangazo.
ITANGAZO RIGENEWE ABASABYE KUBA ABAKOZI BATO B’UMWUGA MURI RCS
Ubuyobozi bw’Urwego rw· U Rwanda rushinzwe lgorora (RCS) buramenyesha abiyandikishije basaba kuba abakozi bato ba RCS (Basic Training Course) ko mu Gihugu hose ibizamini bizakorwa ku ma site n’amatariki bigaragara mu rnboneraharnwe. kandi ikizamini kikazajya gitangira saa mbiri za mu gitondo (08h00′)
ITANGAZO RIGENEWE ABIFUZA KWINJIRA MU MWUGA W’URWEGO RW’U RWANDA RUSHINZWE IGORORA KU BAKOZI BATO
Ubuyobozi bw’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe lgorora (RCS), buramenyesha abifuza kwinjira mu mwuga w’Abakozi b’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe lgorora bari mucyiciro cy’abakozi bato (Basic Training course), babifitiye ubushake n’ubushobozi ko guhera tariki ya 01/12/2023 kugeza taliki ya 14/12/2023 bazakira ibyangombwa byabo.
ITANGAZO RIGENEWE ABATURAGE
URUTONDE RW’ABAKOZE IBIZAMINI N’ABEMEREWE
ITANGAZO RIGENEWE ABASHAKA KWINJIRA MU MWUGA W’IGORORA
Urwego rw’u Rwanda rushinzwe igorora (RCS), lramenyesha abantu bose bifuza kwinjira mu mwuga wo kugorora kurwego rwaba ofisiye bato (Cadet course), ko bazatangira kwiyandikisha ku cyicaro gikuru cya RCS no ku Amagororero abegereye guhera tariki ya 25/07/2023 kugeza 01/08/2023 kuva saa 08h00′ -17h00′.
Komiseri Mukuru wa RCS yasuye Igororero ry’Abana rya Nyagatare
Uyu munsi kuwa 16 Nyakanga 2023, ku Igororero ry’abana rya Nyagatare Komiseri Mukuru wa RCS, CGP Evariste Murenzi yasuye anaganiriza abakozi b’Umwuga b’Urwego n’abana bagororerwa muri iri gororero.