Mu rwego rwo kugorora,RCS yakiriye itsinda riturutse mu bwami bwa Eswatini
Kuri uyu wa Gatatu Tariki ya 12 Nyakanga 2023, ku Cyicaro gikuru cy’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe igorora RCS, Komiseri Mukuru w’uru rwego CGP Evariste Murenzi yakiriye itsinda riturutse mu Bwami bwa Eswatini ryari riyobowe n’Umuyobozi w’urukiko rw’ikirenga muri Eswatini; Hon. chief justice Bheki MAPHALALA.
Abakozi ba RCS bari mu butumwa bwo kugarura amahoro muri Central Africa(CAR) bashimiwe umusanzu wabo ukomeye muri icyo gihugu
U Rwanda kimwe n’ibindi bihugu bitandukanye bikomeje gutanga umusanzu wabyo wo kugarura amahoro no kugorora abagonganye n’amategeko babarizwa mu magereza n’amagororero atandukanye kandi rukomeje gushimirwa uwo musanzu ukomeye.
Abari mu magororero yose yo mu Rwanda bizihije imyaka 29 ishize U Rwanda rwibohoye
Kuwa 04 Nyakanga Buri mwaka mu Rwanda hose hizihizwa umunsi wo kwibohora, mu Urwego rw’ U Rwanda rushinzwe igorora,
uyu munsi wizihirijwe Ku magororero yose mu nsanganyamatsiko igira iti “KWIBOHORA ISOKO YO KWIGIRA”, aho abakozi ba RCS, abagororwa n’abantu bafunze bawizihirije hamwe mu biganiro bitandukanye bigaruka ku kwibohora kw’Abanyarwanda.
Gororoka Magazine 3rd Edition
Abantu bafunzwe bo mu idini ya Islam mu Magororero yose mu Rwanda bizihije umunsi wa Eid-Al-Adha
Kimwe n’ahandi hose ku isi, Kuri uyu wa 28 Kamena 2023, Mu rwego rwo kubahiriza uburenganzira bw’umuntu ufunzwe ku byerekeye idini rye , abantu bafunzwe basengera mu idini ya Islam mu Magororero yose yo mu Rwanda bifatanyije na bagenzi babo mu kwizihiza umunsi mukuru wa Eid-Al-Adha.
Abakozi 19 b’Umwuga b’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe igorora basoje amahugurwa yo kwigisha abandi (instructors Course)
Kuri uyu wa 28 Kamena 2023, Abakozi 19 b’umwuga b’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe igorora basoje amahugurwa baherewemo amasomo yo kwigisha abandi bakozi bagenzi babo, ni rwego rwo kurushako kubaka ubushobozi n’ubunyamwuga mu kazi kabo ka buri munsi.
UMUHIRE Marie Louise
Umwirondoro:
Se: BANYURWABUKE
Nyina: NTIRAKAMARI
Akrere: NYARUGENGE
Umurenge: NYAKABANDA
Akagali: NYAKABANDA II
Yavutse: 1985
ITANGAZO RIGENEWE ABATURAGE
ITEKA RYA PEREZIDA N° 022/01 RYOKU WA 31/03/2023 RIGENA UBURYOBWO GUKORA IGIHANO CY’IMIRIMOY’INYUNGU RUSANGE
Kuya 8 werurwe 2023 Urwego rw’u Rwanda rushinzwe igorora( RCS) rwizihije umunsi mpuzamahanga w’Umugore
Urwego rw’u Rwanda rushinzwe igorora rwizihirije uyu munsi mukuru mu igororero ry’Abagore rya Ngoma rihereye mu karere ka Ngoma aho hibanzwe ku nsanganyamatsiko igira iti” Ntawe uhejwe: Guhanga udushya n’ikoranabuhanga biteza imbere uburinganire.”