
Abagororwa basaga 640 bashoje amahugurwa abategurira gusubira mu miryango yabo.
Kuri uyu wa 12 Kamena ku Igororero rya Nyamasheke, abagororwa 644 basoje amahugurwa y’ubumwe n’ubudaheranwa bahabwaga na RCS kubufatanye n’abafatanyabikorwa barimo MINUBUMWE, DIDE ndetse na Prison Fellowship Rwanda. Aba bagororwa bahawe n’mpamabumenyi z’amasomo bize.


















