Ubutabera | Kugorora | Umutekano n’Umusaruro

Flash News
Ubutabera | Kugorora | Umutekano n’Umusaruro

Slider

MIGEPROF yasuye RCS mu bukangurambaga bwo kurwanya ihohotera rishingiye ku gitsina

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 2 Ukuboza 2025, Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango (MIGEPROF), Madamu Mireille Batamuliza, yaganirije bakorera ku Biro Bikuru by’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora (RCS HQs), mu bikorwa by’ubukangurambaga bugamije gukumira icuruzwa ry’abantu no kurwanya ihohotera rishingiye ku gitsina.

RCS yasinye amasezerano y’ubufatanye n’Itorero rya Anglikani mu Rwanda

Mu muhango wa wabereye ku Cyicaro Gikuru cya RCS, muri iki gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 28 Ugushyingo 2025, Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora(RCS) n’Itorero Anglicani mu Rwanda(EAR) byasinyanye amasezerano y’imikoranire. Ni amasezerano yashyizweho umukono na Komiseri Mukuru wa RCS, CG Evaritse Murenzi na Rev. Stephen Saano wari uhagarariye Most Rev. Dr Laurent Mbanda EAR.

RCS yizihije Umunsi Mpuzamahanga w’umugore wo mu cyaro

Mu kigo kizajya kinyuzwamo ababura igihe gito ngo basoze ibihano Social Reintegration Centre giherereye mu Karere ka Rwamagana, kuri uyu wa gatanu tariki ya 31 Ukawakira 2025, habereye ibirori byo kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Umugore wo mu cyaro wabaga ku nshuro ya 28.

Kwibohora 30   "INTAMBWE MU NTEGO"