URWEGO RW'U RWANDA RUSHINZWE IGORORA

Ubutabera | Kugorora | Umutekano n’Umusaruro

Ubutabera | Kugorora | Umutekano n’Umusaruro
Flash News

Abantu bafunzwe bo mu idini ya Islam mu Magororero yose mu Rwanda bizihije umunsi wa Eid-Al-Adha

Kimwe n’ahandi hose ku isi, Kuri uyu wa 28 Kamena 2023, Mu rwego rwo kubahiriza uburenganzira bw'umuntu ufunzwe ku byerekeye idini rye , abantu bafunzwe basengera mu idini ya Islam mu Magororero yose yo mu Rwanda bifatanyije na bagenzi babo mu kwizihiza umunsi mukuru wa Eid-Al-Adha.

Share this Post

Mu magororero yose yo mu Rwanda usanga habarizwamo amadini yemewe atandukanye kuburyo umuntu uje gufungwa atabura amahirwe ku burenganzira bwe ku idini, aho usanga akigera ku igororero amwe mu makuru abazwa  hakubiyemo n’ay’idini  abarizwamo. Ibi bikamufasha kutigunga no kuba yatekereza nabi mugihe cyose akibarizwa mu igororero kandi ibi binamufasha kugororoka bitewe n’inyigisho z’iyobokamana bahabwa mu rwego rw’idini.

Uburenganzira ku idini ni bumwe mu burenganzira bw’ibanze ku muntu  ufunzwe kimwe n’undi muntu wese.

 

Amagororero avanze(Abagabo n’abagore)
Abagore bafunzwe nabo bizihije Eid-Al-adha
No selected post
Contact Form