Abari mu magororero yose yo mu Rwanda bizihije imyaka 29 ishize U Rwanda rwibohoye

Kuwa 04 Nyakanga Buri mwaka mu Rwanda hose hizihizwa umunsi wo kwibohora, mu Urwego rw’ U Rwanda rushinzwe igorora,
uyu munsi wizihirijwe Ku magororero yose mu nsanganyamatsiko igira iti “KWIBOHORA ISOKO YO KWIGIRA”, aho abakozi ba RCS, abagororwa n’abantu bafunze bawizihirije hamwe mu biganiro bitandukanye bigaruka ku kwibohora kw’Abanyarwanda.
Gororoka Magazine 3rd Edition

[embeddoc url=”https://rcs.gov.rw/wp-content/uploads/2023/06/Gororoka-Magazine-Soft-copy-3rd-Edition_3.pdf” download=”all”]
Abantu bafunzwe bo mu idini ya Islam mu Magororero yose mu Rwanda bizihije umunsi wa Eid-Al-Adha

Kimwe n’ahandi hose ku isi, Kuri uyu wa 28 Kamena 2023, Mu rwego rwo kubahiriza uburenganzira bw’umuntu ufunzwe ku byerekeye idini rye , abantu bafunzwe basengera mu idini ya Islam mu Magororero yose yo mu Rwanda bifatanyije na bagenzi babo mu kwizihiza umunsi mukuru wa Eid-Al-Adha.
Abakozi 19 b’Umwuga b’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe igorora basoje amahugurwa yo kwigisha abandi (instructors Course)

Kuri uyu wa 28 Kamena 2023, Abakozi 19 b’umwuga b’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe igorora basoje amahugurwa baherewemo amasomo yo kwigisha abandi bakozi bagenzi babo, ni rwego rwo kurushako kubaka ubushobozi n’ubunyamwuga mu kazi kabo ka buri munsi.
UMUHIRE Marie Louise

Umwirondoro:
Se: BANYURWABUKE
Nyina: NTIRAKAMARI
Akrere: NYARUGENGE
Umurenge: NYAKABANDA
Akagali: NYAKABANDA II
Yavutse: 1985
ITANGAZO RIGENEWE ABATURAGE

ITEKA RYA PEREZIDA N° 022/01 RYOKU WA 31/03/2023 RIGENA UBURYOBWO GUKORA IGIHANO CY’IMIRIMOY’INYUNGU RUSANGE
Kuya 8 werurwe 2023 Urwego rw’u Rwanda rushinzwe igorora( RCS) rwizihije umunsi mpuzamahanga w’Umugore

Urwego rw’u Rwanda rushinzwe igorora rwizihirije uyu munsi mukuru mu igororero ry’Abagore rya Ngoma rihereye mu karere ka Ngoma aho hibanzwe ku nsanganyamatsiko igira iti” Ntawe uhejwe: Guhanga udushya n’ikoranabuhanga biteza imbere uburinganire.”
URUTONDE RW’ABEMEREWE KWITABIRA AMAHUGURWA Y’IBANZE (BASIC COURSE) Y’ABAKOZI B’UMWUGA BA RCS

ITANGAZO RY’AKAZI

Ubuyobozi bw’Urwego rw’U Rwanda rushinzwe lgorora (RCS), rwashyize ku isokoumwanya (1) w’Umutetsi (Chief Cook), abashaka gupiganwa kuruwo mwanyabazazana ibyangombwa bisabwa kuva kuwa 25/01/2023 kugeza kuwa 02/02/2023