Ubutabera | Kugorora | Umutekano n’Umusaruro

Ubutabera | Kugorora | Umutekano n’Umusaruro
Flash News

Abari mu magororero yose yo mu Rwanda bizihije imyaka 29 ishize U Rwanda rwibohoye

Kuwa 04 Nyakanga Buri mwaka mu Rwanda hose hizihizwa umunsi wo kwibohora, mu Urwego rw’ U Rwanda rushinzwe igorora,
uyu munsi wizihirijwe Ku magororero yose mu nsanganyamatsiko igira iti “KWIBOHORA ISOKO YO KWIGIRA”, aho abakozi ba RCS, abagororwa n’abantu bafunze bawizihirije hamwe mu biganiro bitandukanye bigaruka ku kwibohora kw’Abanyarwanda.

Gororoka Magazine 3rd Edition

[embeddoc url=”https://rcs.gov.rw/wp-content/uploads/2023/06/Gororoka-Magazine-Soft-copy-3rd-Edition_3.pdf” download=”all”]

UMUHIRE Marie Louise

Umwirondoro:
Se: BANYURWABUKE
Nyina: NTIRAKAMARI
Akrere: NYARUGENGE
Umurenge: NYAKABANDA
Akagali: NYAKABANDA II
Yavutse: 1985

ITANGAZO RY’AKAZI

Ubuyobozi bw’Urwego rw’U Rwanda rushinzwe lgorora (RCS), rwashyize ku isokoumwanya (1) w’Umutetsi (Chief Cook), abashaka gupiganwa kuruwo mwanyabazazana ibyangombwa bisabwa kuva kuwa 25/01/2023 kugeza kuwa 02/02/2023

Kwibohora 30   "INTAMBWE MU NTEGO"