Itsinda riturutse mu Gihugu cya Jamaica ryasuye RCS baje kwiga uburyo amadosiye y’abafunzwe acungwa hifashishijwe ikoranabuhanga rya IECMS
Uyumunsi taliki ya 09 Ugushyingo 2022, Itsinda ry’abashyitsi riturutse mu gihugu cya Jamaica, riyobowe na Hon.Mr.Delroy Chuck,QC, MP, Minisitiri w’Ubutabera muri icyo Gihugu, basuye RCS, ku cyicaro Gikuru bakirwa n’Umuyobozi Mukuru w’uru rwego, CGP Juvenal Marizamunda, baganira ku ikoranabuhanga rikoreshwa mu gucunga amadosiye y’Abantu bafunzwe Integrated Electronic Case Management System (IECMS).
CGP Juvenal Marizamunda ari muri Leta zunze ubumwe za Amerika aho yitabiriye Ihuriro Mpuzamahanga mu kugorora na za gereza (ICPA)
Komiseri Mukuru w’Urwego rw’U Rwanda rushinzwe Igorora RCS, CGP Juvenal Marizamunda we n’itsinda ryamuherekeje bitabiriye ihuriro mpuzamahanga muri Leta Zunze ubumwe za Amerika muri leta ya Florida, rihuza ibihugu mu kugorora na za gereza, rizamara iminsi itanu guhera kuwa 23-28 Ukwakira 2022, ni ihuriro rusange riri kuba ku nshuro yaryo ya 24 kuko riba buri mwaka mu gihugu kiba cyaratoranyijwe.
ITEGEKO N° 021/2022 RYO KU WA 29/09/2022 RIGENGA URWEGO RW’U RWANDA RUSHINZWE IGORORA
Itegeko rishya rigenga RCS ryaherukaga gutorwa n’inteko y’abadepite muri kamena 2022 ryasohote.
Tariki ya 21 Ukwakira 2022, hasohotse itegeko rishya rigenga RCS, nkuko Inteko rusange y’Umutwe w’Abadepite, yaherukaga guterana kuwa 27-28 Kamena 2022,
ITANGAZO RIGENEWE ABASABYE KWINJIRA MU MWUGA W’IGICUNGAGEREZA
ITANGAZO RY’AKAZI
RCS Gororoka Magazine
Kuri Gereza ya Nyamagabe hizihirijwe umunsi Mpuzamahanga wahariwe kwita kubuzima bwo Mumutwe muri RCS
Tariki 10 Ukwakira buri mwaka Isi yose yizihiza umunsi Mpuzamahanga wahariwe kwita ku buzima bwo mutwe, kuri iyi taliki U Rwanda narwo rwizihiza uyumunsi nkuko ku Isi yose bigenda, aho ku Rwego rw’Igihugu Rushinzwe Imfungwa n’Ibagororwa RCS, wizihirijwe kuri Gereza y’abagore ya Nyamagabe iherereye mu ntara y’amajyepfo mu karere ka Nyamagabe.