ITANGAZO RIGENEWE ABASABYE KUBA ABAKOZI BATO B’UMWUGA MURI RCS
Ubuyobozi bw’Urwego rw’ U Rwanda rushinzwe lgorora (RCS) buramenyesha abiyandikishije basaba kuba abakozi bato b’umwuga b’Urwego rw’ U Rwanda rushinzwe lgorora (Basic Training Course) ko mu Gihugu hose ibizamini bizakorwa ku ma site no ku matariki akurikira saa mbiri za mu gitondo (08h00′).
ITANGAZO RIGENEWE ABASABYE KUBA ABAKOZI BATO B’UMWUGA MURI RCS
Hashingiwe Ku itangazo Ubuyobozi bw’Urwego rw’ u Rwanda rushinzwe lgorora (RCS) bwatanze kuwa 15/12/2023, bumenyesha amatariki n’ahazakorerwa ibizamini by’abiyandikishije basaba kuba abakozi bato ba RCS (Basic Training Course). Abiyandikishije bose baramenyeshwa ko amatariki yo gukora ibizamini bibemerera kwinjirwa mubakozi b’umwuga b’Urwego rushinzwe lgorora (RCS) yahindutse, ibizamini bikaba bisubitswe andi matariki byimuriweho bazayamenshwa mu itangazo.
ITANGAZO RIGENEWE ABASABYE KUBA ABAKOZI BATO B’UMWUGA MURI RCS
Ubuyobozi bw’Urwego rw· U Rwanda rushinzwe lgorora (RCS) buramenyesha abiyandikishije basaba kuba abakozi bato ba RCS (Basic Training Course) ko mu Gihugu hose ibizamini bizakorwa ku ma site n’amatariki bigaragara mu rnboneraharnwe. kandi ikizamini kikazajya gitangira saa mbiri za mu gitondo (08h00′)
ITANGAZO RIGENEWE ABIFUZA KWINJIRA MU MWUGA W’URWEGO RW’U RWANDA RUSHINZWE IGORORA KU BAKOZI BATO

Ubuyobozi bw’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe lgorora (RCS), buramenyesha abifuza kwinjira mu mwuga w’Abakozi b’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe lgorora bari mucyiciro cy’abakozi bato (Basic Training course), babifitiye ubushake n’ubushobozi ko guhera tariki ya 01/12/2023 kugeza taliki ya 14/12/2023 bazakira ibyangombwa byabo.
ITANGAZO RIGENEWE ABATURAGE
[embeddoc url=”https://rcs.gov.rw/wp-content/uploads/2023/09/ITANGAZO-MoMo-1-sgne-1.pdf” download=”all”]
URUTONDE RW’ABAKOZE IBIZAMINI N’ABEMEREWE

[embeddoc url=”https://rcs.gov.rw/wp-content/uploads/2023/08/ABAKOZE-IBIZAMIN-NABATSINZE.pdf” download=”all”]
ITANGAZO RIGENEWE ABASHAKA KWINJIRA MU MWUGA W’IGORORA

Urwego rw’u Rwanda rushinzwe igorora (RCS), lramenyesha abantu bose bifuza kwinjira mu mwuga wo kugorora kurwego rwaba ofisiye bato (Cadet course), ko bazatangira kwiyandikisha ku cyicaro gikuru cya RCS no ku Amagororero abegereye guhera tariki ya 25/07/2023 kugeza 01/08/2023 kuva saa 08h00′ -17h00′.
Komiseri Mukuru wa RCS yasuye Igororero ry’Abana rya Nyagatare

Uyu munsi kuwa 16 Nyakanga 2023, ku Igororero ry’abana rya Nyagatare Komiseri Mukuru wa RCS, CGP Evariste Murenzi yasuye anaganiriza abakozi b’Umwuga b’Urwego n’abana bagororerwa muri iri gororero.
Mu rwego rwo kugorora,RCS yakiriye itsinda riturutse mu bwami bwa Eswatini

Kuri uyu wa Gatatu Tariki ya 12 Nyakanga 2023, ku Cyicaro gikuru cy’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe igorora RCS, Komiseri Mukuru w’uru rwego CGP Evariste Murenzi yakiriye itsinda riturutse mu Bwami bwa Eswatini ryari riyobowe n’Umuyobozi w’urukiko rw’ikirenga muri Eswatini; Hon. chief justice Bheki MAPHALALA.
Abakozi ba RCS bari mu butumwa bwo kugarura amahoro muri Central Africa(CAR) bashimiwe umusanzu wabo ukomeye muri icyo gihugu

U Rwanda kimwe n’ibindi bihugu bitandukanye bikomeje gutanga umusanzu wabyo wo kugarura amahoro no kugorora abagonganye n’amategeko babarizwa mu magereza n’amagororero atandukanye kandi rukomeje gushimirwa uwo musanzu ukomeye.