Kuri Gereza ya Nyamagabe hizihirijwe umunsi Mpuzamahanga wahariwe kwita kubuzima bwo Mumutwe muri RCS
Tariki 10 Ukwakira buri mwaka Isi yose yizihiza umunsi Mpuzamahanga wahariwe kwita ku buzima bwo mutwe, kuri iyi taliki U Rwanda narwo rwizihiza uyumunsi nkuko ku Isi yose bigenda, aho ku Rwego rw’Igihugu Rushinzwe Imfungwa n’Ibagororwa RCS, wizihirijwe kuri Gereza y’abagore ya Nyamagabe iherereye mu ntara y’amajyepfo mu karere ka Nyamagabe.