Imirimo yo kubaka aho abasigaje igihe gito ngo basoze ibihano byabo bategurwa gusubira mu buzima busanzwe irarimbanyije
Kuri uyu wa kane taliki ya 20 Mata 2023, itsinda ririmo abakozi ba RCS, umuryango utegamiye kuri leta Stiriling Foundation & Church Of Jesus Christ Of Latter- Day Saints Rwanda, basuye ahazubakwa ikigo kizajya cyakira abasigaje igihe gito ngo basoje ibihano byabo bategurwa gusubira mu buzima busanzwe