Abana 2 babanaga n’ababyeyi babo muri gereza basubijwe mu miryango Kuri uyu wa kane taliki ya 20 Mutarama 2022, kuri gereza ya Ngoma habaye umuhango wo gusubiza abana babiri (2) mu miryango yabo, kuko babanaga n’ababyeyi babo muri gereza. January 20, 2022 15:12