Hon. Nyirahabimana yasabye abana bari mu Igororero rya Nyagatare gukomeza kugira intego mu buzima
Uyu munsi tariki ya 3 Kamena 2025, ku Igororero ry’abana rya Nyagatare basuwe na Hon. Nyirahabimana Soline, Visi Perezida wa Sena y’u Rwanda ari kumwe na Komiseri Mukuru Wungirije w’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora (RCS) baganira n’abana bahagororerwa.