Abasura n’abagororwa ba b’amagororero ya Musanze na Rubavu baravuga ko E-Huza iziye igihe
RCS n’umufatanyabikorwa Rwanda brigde to Justice, bari mubukangurambaga bw’umushinga mushya w’ikoranabuhanga uzajya ufasha abasura n’abasurwa kubona serivisi nziza kandi zihuse, aho mu mpera z’icyumweru baganirije abaturage baje gusura ababo n’abagororwa b’amagororero ya Musanze na Rubavu.