RCS igiye guha inyigisho abari muri za gereza zizabafasha gukuza intekerezo ku byaha bikorwa kubera ubutamenya
RCS igiye guha inyigisho abari muri za gereza zizabafasha gukuza intekerezo ku byaha bikorwa kubera ubutamenya
RCS igiye guha inyigisho abari muri za gereza zizabafasha gukuza intekerezo ku byaha bikorwa kubera ubutamenya
Ibarura rusange ry’abaturage n’imiturire ni igikorwa kimaze igihe cy’ibyumweru bibiri, kuko cyatangiye kuwa 16 kanama gisozwa kuwa 30 kanama 2022, iri barura ryarebaga buri muturarwanda wese uri mu gihugu ndetse n’abandi banyarwanda bose bari hanze bagombaga kubarurwa.
Nyuma yo kubona hari ibyaha biri imbere mu gutuma habaho ubucukice muri za gereza, aribyo ubujura, gukubita no gukomeretsa Urwego rw’ubutabera rugiye gukora igerageza kuri ibyo byaha mu rwego rwo guhangana n’ubucucike bukomeje kwiyongera umunsi ku wundi.
Kwisanga uri muri gereza hari benshi babibyaza umusaruro, bakahakura ubumenyi butandukanye cyane nk’abataragize amahirwe yo gukandagira mu ishuri bakahigira gusoma,kubara ndetse no kwandika, mu gihe igihano cyabo kiba kitararangira, aho ashobora kwiga umwuga uzamufasha kwibeshaho asoje ibihano.
Mu Gihugu hose guhera taliki ya 16 kugeza kuya 30 Kanama 2022, hazaba hari igikorwa cy’Ibarura Rusange ry’Abaturage, ni igikorwa kiri gukorwa n’ikigo cy’igihugu gishinzwe ibarurishamibare (NISR) aho cyatanze amahugurwa ku nzego zitandukanye kugirango bizarusheho kwihutisha akazi mu gihe kizaba gitangiye gukorwa.
Uyu muhango wo gusezerera abacungagereza bagiye mu kiruhuko cy’izabukuru, wabereye ku cyicyaro gikuru cy’urwego rw’igihugu rushinzwe imfungwa n’abagororwa RCS, giherereye mu karere ka Kicukiro mu murenge wa Kanombe, witabirwa na Minisitiri w’umutekano mu Gihugu Hon Gasana Alfred. Ni umuhango wabaye mu masaha ya nimugoroba kuri uyu wa gatanu.
Abayobozi b’Inama y’Inama Nkuru ya RCS (RCS High Council) bayobowe na Minisitiri w’umutekano mu gihugu Hon. Alfred Gasana, basuye gereza ya Rwamagana n’Ishuri rya RCS Training School nkuko basanzwe bagira igihe runaka bagafata umwanya bakarebera hamwe iterambere rya RCS, hagamijwe kureba ibyagezweho no kongera imbaraga mu biri gukorwa ndetse no kureba imbogamizi zagiye zigaragara.
Byari bamaze kumenyerwa ko imiryango ifite ababo muri gereza zitandukanye, gusura ari kuwa gatanu ariko kubw’impamvu z’abantu benshi bafite akazi bagiye batanga, ko kubona impushya mu kazi ngo bagere ku nshuti n’abavandimwe bari muri za gereza zitandukanye bibabera imbogamizi, niyo mpamvu byimuriwe kuwa gatandatu.
Taliki ya 05 Kanama buri mwaka, ni umunsi wahariwe umuganura mu gihugu hose, ni umuhango umaze igihe kitari gito kuko wabayeho kuva kera mu gihe cy’abami, ukaba warahabwaga agaciro gakomeye aho abaturage basangiraga n’umwami ku ntango y’inzoga yabaga yateguwe ndetse bakanasangira ibiryo bya Kinyarwanda babaga bejeje mu muhango witwaga kuganura.
Iyo ugeze kuri za gereza zitandukanye zigororerwamo abakoze ibyaha, uhasanga bamwe mubahagororerwa biga imyuga itandukanye ijyanye nibyifuzo by’umuntu na gahunda ye, mu byo yumva yakwiga kuko buriwese yihitiramo umwuga yumva uzamufasha nyuma yo gusoza ibihano aba yarakatiwe n’inkiko ukazamufasha kwiteza imbere ndetse n’umuryango we.