Umushinga one sight Rwanda uri gutanga ubuvuzi bw’amaso mu Igororero rya Muhanga
Mu Igororero rya Muhanga hari gutangwa ubufasha bw’amaso aho umugororwa bari gusanga hari ikibazo cy’amaso afite, ari guhabwa indorerwamo z’amaso nta kiguzi cyayo yatswe cyangwa ngo leta igire icyo itanga kuri izo ndorerwamo.