Ubutabera | Kugorora | Umutekano n’Umusaruro

Ubutabera | Kugorora | Umutekano n’Umusaruro
Flash News

Amakuru Agezweho

Rwamagana Abagororwa n’ababasura barishimira impinduka nziza muri serivisi yo guhaha no gusura

Abagororwa bo mu Igororero rya Rwamagana ndetse n’abaturage baza kubasura, baremeza ko serivisi zo guhaha no gusura zarushijeho kwihuta no kugenda neza, nyuma yaho Ubuyobozi bwa RCS bufashe icyemezo cyo kwihutisha serivisi hakurwaho imirongo y’abatakaza umwanya bahaha ibyo bashyira abo baje gusura ahubwo ubu bakaba bohereza amafaranga kuri MoMo z’amagororero, abagororwa bakihahira ibyo bakeneye babifashijwemo na Serivisi z’imibereho myiza ku magororero.

Abana bo mu Igororero rya Nyagatare basangiye Noheri n’abayobozi batandukanye

Kuri uyu wa 23 Ukuboza 2025, Urwego rw’Urwanda rushinzwe Igorora RCS ku bufatanye n’Itorero Angilikani ry’u Rwanda (EAR) na Minisiteri y’Ubutabera bifatanyije n’abana bagororerwa mu Igororero rya Nyagatare mu kwizihiza no gusangira umunsi mukuru wa Noheri, mu rwego rwo kubibutsa ko bakunzwe kandi bakwiye kugororoka.

Kwibohora 30   "INTAMBWE MU NTEGO"