Urukiko rw’ibanze rwa Ruhango rwakatiye BYUMVUHORE Faladji mwene Uwizeye na BAVAGE cyo gufungwa umwaka umwe kubera ko yagerageje gutoroka ubwo yari yaje kuburana kurukiko rukuru Ikigali ariko birangira atawe muri yombi.
BYUMVUHORE Faladji yarasanzwe afungiye kuri Gereza ya Nyanza aho yarakurikiranyweho icyaha cy’iterabwoba ariko kitaramuhama ngo agihanirwe.