Abana 2 babanaga n’ababyeyi babo muri gereza basubijwe mu miryango
Kuri uyu wa kane taliki ya 20 Mutarama 2022, kuri gereza ya Ngoma habaye umuhango wo gusubiza abana babiri (2) mu miryango yabo, kuko babanaga n’ababyeyi babo muri gereza.
Kuri uyu wa kane taliki ya 20 Mutarama 2022, kuri gereza ya Ngoma habaye umuhango wo gusubiza abana babiri (2) mu miryango yabo, kuko babanaga n’ababyeyi babo muri gereza.
Kuwa 17 Mutarama 2022, abagore babiri aribo Stella na Florance, baturutse mu Muryango w’Ubumwe bw’Uburayi, bakaba inzobere mu by’imishinga itandukanye, basuye Urwego rw’Igihugu rushinzwe Imfungwa
Uyu munsi taliki ya 31 ukwakira 2021,kuri Gereza ya Nyarugenge habereye igikorwa cyo guha noheri n’ubunani,abagore n’abana babana n’ababyeyi babo muri gereza bataruzuza imyaka itatu,babazanira
Kuwa 10 ukuboza 2021 Ibi komiseri mukuru wa RCS,CG Juvenal Marizamunda, yabivuze mu muhango wo gusoza mahugurwa,kuri uyu wa gatanu mu ishuri rya RCS Training
Kuwa 10 ukuboza 2021 Ibi komiseri mukuru wa RCS,CG Juvenal Marizamunda, yabivuze mu muhango wo gusoza mahugurwa,kuri uyu wa gatanu mu ishuri rya RCS Training
Rwamagana kuwa 07 ukuboza 2021 Ku wa 07 ukuboza 2021, Rwamagana ku ishuli rya RCS, hatangiye amahugurwa arebana n’uburenganzira bwibanze bwa muntu n’amategeko,ari guhabwa abacungagereza
Kigali kuwa 26 Ugushyingo 2021 Itsinda ry’abantu icumi (10) riturutse muri Minisiteri y’Ubutabera yo mu Bwami bwa Eswatini ryasuye Urwego rw’Igihugu rushinzwe Imfungwa n’Abagororwa, mu
Rusizi kuwa 17 Ugushyingo 2021 Mu ruzinduko rw’iminsi ibiri Komiseri Mukuru wa RCS yagiriye kuri gereza ya Rusizi, kuva kuwa 16 kugeza kuwa 17 Ugushyingo