Mw’izina rya nyakubahwa perezida wa Repubulika Minisitiri Alfred GASANA
yahaye ipeti rya Assistant Inspector of Prison Abacungagereza batanu Kigali, kuwa 24 Gashyantare 2022 Uyu munsi kuwa 24 Gashyantare 2022, ku Cyicaro Gikuru cy’Urwego rw’Igihugu
yahaye ipeti rya Assistant Inspector of Prison Abacungagereza batanu Kigali, kuwa 24 Gashyantare 2022 Uyu munsi kuwa 24 Gashyantare 2022, ku Cyicaro Gikuru cy’Urwego rw’Igihugu
Mu cyumweru gishize ku mbugankoranyambaga z’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Imfungwa n’Abagororwa haciyeho amatangazo avuga ku gusubukura ibikorwa byo gusura Imfungwa n’Abagororwa byari byarahagaritswe kubera ubwirinzi bw’ icyorezo cya COVID-19.
Kigali, kuwa 24 Gashyantare 2022 Uyu munsi kuwa 24 Gashyantare 2022, ku Cyicaro Gikuru cy’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Imfungwa n’Abagororwa, habereye umuhango wo gutanga ipeti rya
Uyu munsi kuwa 24 Gashyantare 2022, ku Cyicaro Gikuru cy’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Imfungwa n’Abagororwa, habereye umuhango wo gutanga ipeti rya Assistant Inspector of Prison (AIP)
Abavuga ibi ni imfungwa n’abagororwa bamaze kwigishwa imyuga n’ubumenyingiro kuri gereza zitandukanye izabafasha kwibeshaho nyuma yo gusoza ibihano bakatiwe n’inkiko bigendanye n’ibyaha bakoze. Kera wasangaga gereza
Nubwo isura rigiye gutangira imiryango n’inshuti bakongera gusura ababo bari muri Gereza, hari amabwiriza agomba kubahirizwa yo kwirinda Covid-19 nkuko byasohotse mu mabwiriza ya Komiseri Mukuru wa RCS.
Amahugurwa yo kwita kuri Biogaz, ingufu zituruka mu myanda zikifashisha mu bikorwa bitandukanye harimo guteka ndetse no kubona umuriro yaberaga kuri Gereza ya Nyarugenge yasojwe uy umunsi.
kuri Gereza ya Nyamagabe uyu munsi kuwa 08 Gashyantare 2022, bahawe amahugurwa y’umunsi umwe yahawe abacungagereza, ajyanye no kwita ku muntu wahuye n’ihungabana hagamijwe kwita ku buzima bwo mu mutwe igihe umuntu yahuye nicyo kibazo.
Minisitiri w’umutekano w’imbere mu Gihugu Hon.Alfred Gasana, nkuko yabivugiye mu nama yaguye ya RCS, aheruka kwitabira kuwa 03 Gashyantare 2022, ko azasura gereza zitandukanye uruzinduko rwe rwambere yarukoreye kuri gereza ya Nyarugenge.