Abacungagereza mu bikorwa bitandukanye by’Umuganda rusange n’abaturage
Nkuko byari bimenyerewe mbere yuko haduka icyorezo cya COVID-19, buri wa 6 wa nyuma w’ukwezi habaga umuganda rusange mu gihugu hose hakibandwa ku bikorwa remezo
Nkuko byari bimenyerewe mbere yuko haduka icyorezo cya COVID-19, buri wa 6 wa nyuma w’ukwezi habaga umuganda rusange mu gihugu hose hakibandwa ku bikorwa remezo
Nkuko byari bimenyerewe mbere yuko haduka icyorezo cya COVID-19, buri wa 6 wa nyuma w’ukwezi habaga umuganda rusange mu gihugu hose hakibandwa ku bikorwa remezo rusange bitandukanye byubaka igihugu aribyo: Kubakira abatishoboye, kubasanira amazu, gutunganya imihanda yangiritse no kurema imishya, kubaka ibigo by’amashuri n’ibindi bikorwa bitandukanye.
Nkuko bisanzwe abajya mu butumwa bwo kugarura amahoro ku isi, baba abasirikare abapolisi ndetse n’abacungagereza bagira igihe cyo guhabwa imidari y’ishimwe kubera ubwitange bagaragaje mu
Abarokoze Jenoside n’abayirokotse, bavuga ko muri gereza babanye neza nta kibazo bagirana kandi no mu bikorwa byo kwibuka byose barabyitabira bikanafasha bamwe mu bayikoze kubohoka, bakirega bakemera icyaha bakoze bagasaba imbabazi abo bahemukiye bikabafasha kurushaho kubana neza.
Abarokoze Jenoside n’abayirokotse, bavuga ko muri gereza babanye neza nta kibazo bagirana kandi no mu bikorwa byo kwibuka byose barabyitabira bikanafasha bamwe mu bayikoze kubohoka,
Hon. Bamporiki Eduard yaganirije Abacungagereza ku butatu bwarangaga Abanyarwanda mbere ya Jenoside
Kuri uyu wa 01Mata 2022, Kuri Nobleza Hotel, Urwego rw’Igihugu rushinzwe imfungwa n’abagororwa, RCS, ku bufatanye n’imiryango ya Fondation DiDe, Interpeace na Prison Fellowship Rwanda,
Imfungwa n’abagororwa ba Gereza ya Nyanza na Muhanga bavuga ko ibijyanye n’imyemerere kuri gereza byubahirizwa ndetse amadini n’amatorero bigahabwa ubwisanzure busesuye.
Ibi babivugiye mu muhango wo guha impamyabumenyi abagororwa bakuze 250 ba Gereza ya Muhanga, bari basoje amasomo yo gusoma, kwandika ndetse no kubara kuri uyu
Muri gereza zitandukanye habamo Imfungwa n’Abagororwa bafite uburwayi n’abanyantege nke, bakenera inyongerafunguro ituma ubuzima bwabo bukomeza kumera neza, kubera iyo mpamvu leta yashyizeho guhunda yo guha ifunguro ry’inyongera ku babana n’ibyo bibazo mu buryo bwo gusigasira amagara yabo.