
Ba Ofisiye ba RCS bari mu butumwa bwa MINUSCA muri Santarafurika bahuye na Ambasaderi w’u Rwanda muri icyo gihugu
Ku itariki ya 14 Nyakanga 2025, Abakozi 5 b’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora (RCS) bakorera mu butumwa bw’amahoro bwa Loni muri Repubulika ya Santarafurika (MINUSCA), basuye Ambasaderi w’u Rwanda muri icyo gihugu, Nyakubahwa Olivier Kayumba, mu rwego rwo kugirana ibiganiro byubaka no gusangira amakuru ku kazi bakora.




