ITANGAZO RIGENEWE ABIFUZA KWINJIRA MU GICUNGAGEREZA CY’UMWUGA KU RWEGO RWA BA OFOSIYE BATO
ITANGAZO RIGENEWE ABIFUZA KWINJIRA MU GICUNGAGEREZA CY’UMWUGA KU RWEGO RWA BA OFOSIYE BATO
ITANGAZO RIGENEWE ABIFUZA KWINJIRA MU GICUNGAGEREZA CY’UMWUGA KU RWEGO RWA BA OFOSIYE BATO

Gereza y’abana ya Nyagatare iherereye mu Ntara y’Uburasirazuba mu Karere ka Nyagatare mu Murenge wa Nyagatare Akagali ka Barija, ikaba ifite umwihariko udasanzwe kuko ariyo yakira abana baba barakoze ibyaha mu Gihugu hose, iyo bamaze gukatirwa n’inkiko bitewe n’icyaha runaka umwana aba yarakoze ariko ataruzuza imyaka 18.

Mu Nama y’Abaminisitiri iheruka yateranye ku wa 8 Nzeri 2022, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yemeje Iteka rya Minisitiri ryemeza ifungurwa ry’agateganyo ku bagororwa 1803, Abagabo bakaba banga ni 1707 n’Abagore 96 bujuje ibisabwa n’amategeko.

RCS igiye guha inyigisho abari muri za gereza zizabafasha gukuza intekerezo ku byaha bikorwa kubera ubutamenya

Ibarura rusange ry’abaturage n’imiturire ni igikorwa kimaze igihe cy’ibyumweru bibiri, kuko cyatangiye kuwa 16 kanama gisozwa kuwa 30 kanama 2022, iri barura ryarebaga buri muturarwanda wese uri mu gihugu ndetse n’abandi banyarwanda bose bari hanze bagombaga kubarurwa.

Nyuma yo kubona hari ibyaha biri imbere mu gutuma habaho ubucukice muri za gereza, aribyo ubujura, gukubita no gukomeretsa Urwego rw’ubutabera rugiye gukora igerageza kuri ibyo byaha mu rwego rwo guhangana n’ubucucike bukomeje kwiyongera umunsi ku wundi.