
Hari abagira amahirwe bakungukira mu gifungo, bakiga gusoma no kwandika bari muri gereza
Kwisanga uri muri gereza hari benshi babibyaza umusaruro, bakahakura ubumenyi butandukanye cyane nk’abataragize amahirwe yo gukandagira mu ishuri bakahigira gusoma,kubara ndetse no kwandika, mu gihe igihano cyabo kiba kitararangira, aho ashobora kwiga umwuga uzamufasha kwibeshaho asoje ibihano.



