Amajonjora yo mumatsinda yari amaze iminsi akorwa yasorejwe I Musanze, birangira amakipe yariri mu itsinda rya kane ririmo Musanze, Gicumbi na Rubavu birangira ikipe y’Igororero rya Gicumbi yatsinze ikipe y’igororero rya Rubavu igitego 01 kubusa ariko harebwa ifite ibitego byinshi kuko amakipe yose muri iryo tsinda yanganyaga amanonota, birangira ikipe y’Igororero rya Musanze ariyo ikomeje kuko ariyo yari ifite ibitego byinshi, ikaba ariyo izajya guhura n’izindi zagiye zavuye mu matsinda zikazahurira muri kimwe cya kabiri naho hakazavamo ebyiri zizahurira ku mukino wa nyuma.