
Sinari niteze ko nzagororwa kandi mpaha n’ubumenyi-Umugororwa mu Igororero rya Nyamagabe
Abagororwa biga mu Ishuri ry’imyuga n’ubumenyingiro ryo mu Igororero ry’abagore rya Nyamagabe bafite ibyishimo nyuma y’uko bahawe amahirwe yo kwiga imyuga itandundukanye ikenewe cyane ku isoko.




