Slider

Bwana Andrew Corley uyobora Prison Fellowship International yakomereje uruzinduko rwe ku Igororero rya Nyarugenge

Nyuma yo kugirana ikiganiro na Komiseri Mukuru wa RCS, Bwana Andrew Corley uyobora Umuryango Mpuzamahanga Prison Fellowship International (PFI), yakomereje…

5 months ago

CG Murenzi yakiriye Umuyobozi wa Prison Fellowship International bagirana ikiganiro

Kuri uyu wa 14 Mutarama 2026, Komiseri Mukuru w’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora RCS, CG Evariste Murenzi yagiranye ibiganiro n’Umuyobozi…

5 months ago

DCG Rose Muhisoni yatangije amahugurwa ku banyamategeko b’amagororero yo kurwanya ivangura

Kuri uyu wa 12 Mutarama 2026 Komiseri Mukuru Wungirije wa RCS, DCG Rose Muhisoni yatangije ku mugaragaro amahugurwa y’iminsi 5…

5 months ago

Umutwe udasanzwe wa RCS ubamo abafite ubumenyi n’ibikoresho by’ihariye bibafasha gukora kinyamwuga

Kugeza ubu, Urwego rw’u Rwanda rushinzwe igorora RCS rufite umutwe udasanzwe ugizwe n’abagera ku 150, bahawe amahugurwa adasanzwe n’ibikoresho by’ihariye…

5 months ago

Abakozi 35 ba RCS barangije amahugurwa y’itumanaho rigezweho mu nzego z’umutekano

Kuri uyu wa 31 Ukuboza 2025, abakozi 35 bakorera ku magororero atandukanye ya RCS, barangije amahugurwa y'iminsi 30 yaberaga ku…

5 months ago

Diyoseze ya Cyangugu yahaye inkunga y’ibiribwa abagororerwa mu Igororero rya Rusizi

Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 30 Ukuboza 2025, Kiliziya Gatolika Diyoseze Cyangugu yahaye inkunga y’ibiribwa abagororwa bo mu Igororero…

5 months ago

Rwamagana Abagororwa n’ababasura barishimira impinduka nziza muri serivisi yo guhaha no gusura

Abagororwa bo mu Igororero rya Rwamagana ndetse n’abaturage baza kubasura, baremeza ko serivisi zo guhaha no gusura zarushijeho kwihuta no…

5 months ago

Abagororwa mu Igororero rya Bugesera bahawe impano z’iminsi mikuru

Ku bufatanye n’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora, RCS na Servers of Almighty Group(SOAG), bahaye impano z'iminsi mikuru abagororwa bo mu…

5 months ago

Mu magororero yose hashojwe amahugurwa ku burenganzira bwa muntu no gukumira icuruzwa ry’abantu

Kuri uyu wa 24 Ukuboza 2025, hasojwe amahugurwa yateguwe n’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora (RCS) ku bufatanye na Minisiteri y’Ubutabera…

5 months ago

Abana bo mu Igororero rya Nyagatare basangiye Noheri n’abayobozi batandukanye

Kuri uyu wa 23 Ukuboza 2025, Urwego rw’Urwanda rushinzwe Igorora RCS ku bufatanye n’Itorero Angilikani ry’u Rwanda (EAR) na Minisiteri…

5 months ago

This website uses cookies.