Kimwe n’abandi bari baje muri siporo habayeho kugenda n’amaguru no kwiruka bazenguruka ibice bitandukanye mu Mujyi wa Kigali, nyuma bakora imyitozo yo kunanura imitsi no kugorora umubiri.
Nyuma ya siporo, abitabiriye bahawe ubutumwa bubibutsa kugira isuku ku mibiri yabo, mu ngo, aho bakorera n’ahandi hahurira abantu benshi, banashishikarizwa kuzitabira no gushyigikira imikino y’Igikombe cya Afurika cya Handball izabera mu Rwanda kuva tariki 21 kugeza 31 Mutarama 2026.
RCS n’umufatanyabikorwa Rwanda brigde to Justice, bari mubukangurambaga bw’umushinga mushya w’ikoranabuhanga uzajya ufasha abasura n’abasurwa…
Ku nyigisho bahawe na bamwe mu bayobozi bari bitabiriye umuhango wo gusoza amahugurwa y'ubumwe n'ubudaheranwa…
Kuri uyu wa 12 Kamena ku Igororero rya Nyamasheke, abagororwa 644 basoje amahugurwa y’ubumwe n’ubudaheranwa…
Kuri uyu wa gatandatu taliki 06 Kamena 2026, RCS n’atekenisiye ba E-Huza bakomereje ubukangurambaga mu…
Ibikorwa nyongeramusaruro bikorerwa ku magororero atandukanye y’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora, RCS ni bimwe mu…
Ku magororero ya Nyanza na Huye, kuri uyu wa gatandatu taliki 30 Gicurasi 2026, RCS…
This website uses cookies.