Kimwe n’abandi bari baje muri siporo habayeho kugenda n’amaguru no kwiruka bazenguruka ibice bitandukanye mu Mujyi wa Kigali, nyuma bakora imyitozo yo kunanura imitsi no kugorora umubiri.
Nyuma ya siporo, abitabiriye bahawe ubutumwa bubibutsa kugira isuku ku mibiri yabo, mu ngo, aho bakorera n’ahandi hahurira abantu benshi, banashishikarizwa kuzitabira no gushyigikira imikino y’Igikombe cya Afurika cya Handball izabera mu Rwanda kuva tariki 21 kugeza 31 Mutarama 2026.
Superintendent Delano Evariste Nyagatare, umuhuzabikorwa w’imishinga mu Rwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora RCS, avuga ko…
Kuri uyu wa 07 Mata 2026, mu magororero yose yo mu Rwanda, abagororwa hamwe n’abakozi…
Uyu munsi ku wa 07 Mata 2026, Abakozi b'Urwego rw'u Rwanda rushinzwe Igororora, RCS bari…
Kuri uyu wa 02 Mata 2026, ku Igororero rya Nyarugenge hamurikiwe igice cya mbere cy’igitabo…
Kuri uyu wa 01 Mata 2026, Bwana Abubacarr M. Tambadou, Umunyamabanga Mukuru w’Urukiko Mpuzamahanga rwa…
Uyu munsi tariki ya 18 Werurwe 2026, intumwa za Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu, ziyobowe…
This website uses cookies.