79 bagororerwa mu Igororero rya Muhanga, babarizwa mu idini ya Angilikani babatijwe
Itorero Angilikani mu Rwanda kubufatanye n’umuryango Prison Fellowship, Kuwa 20 kanama 2023 ryabatije abayoboke baryo bagera kuri 79, bari bamaze iminsi bakurikirana inyigisho z’umubatizo muri iryo dini.