Amakuru ya RCS

Mu rwego rwo kugabanya ubucucike mumagereza RCS ikomeje kubaka ibikorwa remezo bijyanye n’igihe tugezemo.

Nyuma ya gereza nshya nk’iya Nyanza n’iy’abana ya Nyagatare; Ubu kuri gereza ya Rwamagana hagiye kuzura inyubako nshya 2 z’imfungwa…

10 years ago

Muri gereza ya Rwamagana habereye igikorwa cy’ubumwe n’ubwiyunge.

Abagororwa 17 bo muri gereza ya Rwamagana basabye imbabazi imiryango biciye muri genoside ndetse yakorewe abatutsi mu 1994 .Ubwo aba…

10 years ago

Bugesera: Abagororwa basabye imbabazi imiryango biciye muri Jenoside

Abagororwa bahamwe n’icyaha cya jenoside bagera kuri 30 bafungiye muri Gereza ya Bugesera basabye imbabazi ku ruhare bagize muri Jenoside…

10 years ago

Umuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Igihugu rushinzwe imfungwa n’abagororwa CGP George RWIGAMBA yitabiriye umuhango wo gusoza amasomo ya Senior Command and Staff Course

Mw’ishuli rikuru rya Polisi y’igihugu(Rwanda National Police College) habereye umuhango wo gusoza amahugurwa ya Senior Command and Staff Course.

10 years ago

Impanuka y’imodoka ya RCS yahitanye umuyobozi wungirije wa Gereza

Umucungagereza wari utwaye imodoka ya Gereza ya Rubavu witwa Cpl NSABIMANA Jeredi, IP Jean Pierre HAKIZIMANA wari wungirije umuyobozi wa…

10 years ago

CGP George Rwigamba yasuye abatigiste abasaba kurangwa n’imyitwarire myiza.

Ubwo yasuraga ingando y’abatijiste iri mu murenge wa Mageragere mu karere ka Nyarugenge, Komiseri Mukuru wa RCS CGP George Rwigamba…

10 years ago

Ibikoresho bitandukanye n’ibirirwa byahawe abagore ndetse n’abana babana n’ababyeyi babo muri gereza

Uyu munsi taliki ya 31 ukwakira 2021,kuri Gereza ya Nyarugenge habereye igikorwa cyo guha noheri n’ubunani,abagore n’abana babana n’ababyeyi babo…

10 years ago

DCGP Jeanne Chantal UJENEZA kuwa 04/10/2016 yatangirije igihembwe cya mbere cy’ihinga (season A) kuri gereza ya Rwamagana

DCGP Jeanne Chantal UJENEZA hagati, iburyo ni SP James MUGISHA umuyobozi wa gereza ya Rwamagana ubwo bari mugikorwa cyo gutera…

10 years ago

ABAGORORWA B’ABAGORE BARAKANGURIRWA KWITABIRA AKAGOROBA K’ABABYEYI

Mu Rwanda hashyizweho gereza zihariye zifungirwamo imfungwa n’abagororwa b’abagore, Mu kubagorora hifashishwa gahunda zitandukanye zirimo amasomo y’uburere mboneragihugu, kwigishwa amasomo…

10 years ago

This website uses cookies.