ICPA bisobanura International Corrections and Prison Association yatangiye kuva kuwa 25/8/2016 ikaba izasoza kuwa 02/9/2016 abari muri iyi nama bareberaga hamwe ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano y’umuryango w’abibubye yerekeye imicungire myiza y’imfugwa n’abagororwa kuri ubu yiswe Nelson Mandera rules n’amabwiriza ya Bancocok cyane ku ngingo zirebana n’abagore bafunzwe.
iyi inama yatewe inkunga n’umuryango w’ubumwe bw’uburayi (EU) yahuje abakuru b’inzego z’amagereza mu bihugu nk’u Rwanda, Uganda, Tanzania, Botswana, Malawi n’igihugu cya Nigeria cyakiriye iyo nama.
Abari munama bahungukiye byinshi nk’udushya abari munama bagiye basangiza bagenzi babo, umuyobozi mukuru w’amagereza muri Nigeria yagaragarije ubushake Komiseri mukuru wa RCS ko byizweho neza ko RCS yajya yohereza abacungagereza kwiga yo imicungire y’amagereza ku rwego rwa kaminuza.
Abasura n’abasurwa ku magororero atandukanye hirya no hino mu gihugu, barishimira uburyo bushya koranabuhanga bwa…
Uyu munsi kuwa 9 Nyakanga 2026 abana 11 bagorererwa mu Igororero ry’abana rya Nyagatare barangije…
Uyu munsi taliki 29 Kamena 2026, Minisitiri w’umutekano mu gihugu Dr.Vincent Biruta yitabiriye umuhango wo…
Kuri uyu wa 27 Kamena 2026, Korali Ambassador of Christ yasuye Igororero rya Nyarugenge aho…
Kuri uyu wa 24 Kamena 2026 Ku Rwibutso rwa Kigali ruri ku Gisozi, Abakozi b'Urwego…
RCS n’umufatanyabikorwa Rwanda brigde to Justice, bari mubukangurambaga bw’umushinga mushya w’ikoranabuhanga uzajya ufasha abasura n’abasurwa…
This website uses cookies.