ICPA bisobanura International Corrections and Prison Association yatangiye kuva kuwa 25/8/2016 ikaba izasoza kuwa 02/9/2016 abari muri iyi nama bareberaga hamwe ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano y’umuryango w’abibubye yerekeye imicungire myiza y’imfugwa n’abagororwa kuri ubu yiswe Nelson Mandera rules n’amabwiriza ya Bancocok cyane ku ngingo zirebana n’abagore bafunzwe.
iyi inama yatewe inkunga n’umuryango w’ubumwe bw’uburayi (EU) yahuje abakuru b’inzego z’amagereza mu bihugu nk’u Rwanda, Uganda, Tanzania, Botswana, Malawi n’igihugu cya Nigeria cyakiriye iyo nama.
Abari munama bahungukiye byinshi nk’udushya abari munama bagiye basangiza bagenzi babo, umuyobozi mukuru w’amagereza muri Nigeria yagaragarije ubushake Komiseri mukuru wa RCS ko byizweho neza ko RCS yajya yohereza abacungagereza kwiga yo imicungire y’amagereza ku rwego rwa kaminuza.
Superintendent Delano Evariste Nyagatare, umuhuzabikorwa w’imishinga mu Rwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora RCS, avuga ko…
Kuri uyu wa 07 Mata 2026, mu magororero yose yo mu Rwanda, abagororwa hamwe n’abakozi…
Uyu munsi ku wa 07 Mata 2026, Abakozi b'Urwego rw'u Rwanda rushinzwe Igororora, RCS bari…
Kuri uyu wa 02 Mata 2026, ku Igororero rya Nyarugenge hamurikiwe igice cya mbere cy’igitabo…
Kuri uyu wa 01 Mata 2026, Bwana Abubacarr M. Tambadou, Umunyamabanga Mukuru w’Urukiko Mpuzamahanga rwa…
Uyu munsi tariki ya 18 Werurwe 2026, intumwa za Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu, ziyobowe…
This website uses cookies.