ICPA bisobanura International Corrections and Prison Association yatangiye kuva kuwa 25/8/2016 ikaba izasoza kuwa 02/9/2016 abari muri iyi nama bareberaga hamwe ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano y’umuryango w’abibubye yerekeye imicungire myiza y’imfugwa n’abagororwa kuri ubu yiswe Nelson Mandera rules n’amabwiriza ya Bancocok cyane ku ngingo zirebana n’abagore bafunzwe.
iyi inama yatewe inkunga n’umuryango w’ubumwe bw’uburayi (EU) yahuje abakuru b’inzego z’amagereza mu bihugu nk’u Rwanda, Uganda, Tanzania, Botswana, Malawi n’igihugu cya Nigeria cyakiriye iyo nama.
Abari munama bahungukiye byinshi nk’udushya abari munama bagiye basangiza bagenzi babo, umuyobozi mukuru w’amagereza muri Nigeria yagaragarije ubushake Komiseri mukuru wa RCS ko byizweho neza ko RCS yajya yohereza abacungagereza kwiga yo imicungire y’amagereza ku rwego rwa kaminuza.
Mu birori byabereye ku Ishuri rya RCS riherereye mu Karere ka Rwamagana (RCS Traing School),…
Amapeti n’ibirango by’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora (RCS), bishyirwaho n’Iteka rya Minisitiri w’Intebe nº 009/03…
Abagororwa mu magororero atandukanye bakomeje kugaragaza ikibazo cy’uko iyo bakatiwe n’inkiko igihano cy’igifungo cy’imyaka runaka…
Mu gitambo cya Misa yaturiye mu Igororero rya Muhanga kuri iki cyumweru tariki ya 03…
Politiki yo kugorora kuva yatangira gushyirwa mu bikorwa 2010, Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora, RCS…
Kuri uyu wa 23 Mata 2026 mu Igororero ry’abana rya Nyagatare, habereye igikorwa cyo kumurika…
This website uses cookies.