
Rwamagana, abagororwa 274 bokoze ibirori bisoza amasomo y’isanamitima
Ku bufatanye na ‘DIDE Rwanda’ mu Igororero rya Rwamagana, kuri uyu wa 30 Kanama 2024, habereye ibirori (graduation) byo gusoza amasomo y’isanamitima yari amaze umwaka ku bagororwa n’abantu bafunze 274.




