Muri uru ruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri Perezida William Ruto, ari kugirira mu Rwanda rusize hasinywe amasezerano atandukanye ari mu ngeri zirimo ubufatanye mu bijyanye no kugorora, ajyanye n’amahugurwa mu bya dipolomasi, ajyanye n’ikoranabuhanga, ajyanye n’ubuzima, ajyanye n’urubyiruko n’ayo guteza imbere amakoperative hamwe n’izindi ngeri zitandukanye, azafasha ibihugu byombi kugenda byungukiranaho byinshi mu mikoranire ndetse no kwagura umubano.
Aya masezerano yasinywe azafasha impande zombi mu kurushaho kwigiranaho icyo Igihugu kimwe kirusha ikindi bityo kigisangize ubwo bumenyi, nk’aho mu magororero yo mu Rwanda bageze kure mu kurengera ibidukikije hakoreshwa Biogaz nta nkwi zigikoreshwa.
Nyuma y’isinywa ry’amasezerano habayeho gufata ifoto y’urwibutso.
Superintendent Delano Evariste Nyagatare, umuhuzabikorwa w’imishinga mu Rwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora RCS, avuga ko…
Kuri uyu wa 07 Mata 2026, mu magororero yose yo mu Rwanda, abagororwa hamwe n’abakozi…
Uyu munsi ku wa 07 Mata 2026, Abakozi b'Urwego rw'u Rwanda rushinzwe Igororora, RCS bari…
Kuri uyu wa 02 Mata 2026, ku Igororero rya Nyarugenge hamurikiwe igice cya mbere cy’igitabo…
Kuri uyu wa 01 Mata 2026, Bwana Abubacarr M. Tambadou, Umunyamabanga Mukuru w’Urukiko Mpuzamahanga rwa…
Uyu munsi tariki ya 18 Werurwe 2026, intumwa za Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu, ziyobowe…
This website uses cookies.