Muri uru ruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri Perezida William Ruto, ari kugirira mu Rwanda rusize hasinywe amasezerano atandukanye ari mu ngeri zirimo ubufatanye mu bijyanye no kugorora, ajyanye n’amahugurwa mu bya dipolomasi, ajyanye n’ikoranabuhanga, ajyanye n’ubuzima, ajyanye n’urubyiruko n’ayo guteza imbere amakoperative hamwe n’izindi ngeri zitandukanye, azafasha ibihugu byombi kugenda byungukiranaho byinshi mu mikoranire ndetse no kwagura umubano.
Aya masezerano yasinywe azafasha impande zombi mu kurushaho kwigiranaho icyo Igihugu kimwe kirusha ikindi bityo kigisangize ubwo bumenyi, nk’aho mu magororero yo mu Rwanda bageze kure mu kurengera ibidukikije hakoreshwa Biogaz nta nkwi zigikoreshwa.
Nyuma y’isinywa ry’amasezerano habayeho gufata ifoto y’urwibutso.
Mu birori byabereye ku Ishuri rya RCS riherereye mu Karere ka Rwamagana (RCS Traing School),…
Amapeti n’ibirango by’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora (RCS), bishyirwaho n’Iteka rya Minisitiri w’Intebe nº 009/03…
Abagororwa mu magororero atandukanye bakomeje kugaragaza ikibazo cy’uko iyo bakatiwe n’inkiko igihano cy’igifungo cy’imyaka runaka…
Mu gitambo cya Misa yaturiye mu Igororero rya Muhanga kuri iki cyumweru tariki ya 03…
Politiki yo kugorora kuva yatangira gushyirwa mu bikorwa 2010, Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora, RCS…
Kuri uyu wa 23 Mata 2026 mu Igororero ry’abana rya Nyagatare, habereye igikorwa cyo kumurika…
This website uses cookies.