Gahunda y’uyu munsi, kuwa 26 Nzeri 2023, barasura ishuri ritangirwamo amahugurwa rya Ntabazindana, aho ari buherekezwe na Komiseri Mukuru na Komiseri wungirije b’urwego rushinzwe Igorora muri Zimbabwe, mu rwego rwo kureba amasomo atandukanye ahatangirwa arimo amasomo y’ibanze y’abakozi bashinzwe kugorora, kwiga imbunda, amasomo y’abarimu bigisha abandi, Ubugenzuzi, akarasisi, Amasomo Yibanze ya Polisi Yimbere, amasomo yihariye yintwaro zitandukanye, uburyo imbunda zibikwamo, ndetse n’indi mishanga itandukanye, nk’umushinga w’ubworozi bw’inkoko, ubworozi b’ihene, ubuhinzi bw’imboga, ubuhinzi bwimbuto, n’uburyo amafaranga yinjira nuko asohoka.
Muri urwo ruzinduko yasuye igororero rimwe agamije kureba uko gahunda zo kugorora no gusubiza mu buzima busanzwe abakoze ibyaha, zikorwa muri icyo gihugu, zirimo kuva mu buhinzi, bajya mu kugorora kinyamwuga,kwigisha imyuga itandukanye bategura ugiye gusoza ibihano kuzataha yarahindutse.
Abagororwa mu magororero atandukanye bakomeje kugaragaza ikibazo cy’uko iyo bakatiwe n’inkiko igihano cy’igifungo cy’imyaka runaka…
Politiki yo kugorora kuva yatangira gushyirwa mu bikorwa 2010, Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora, RCS…
Kuri uyu wa 23 Mata 2026 mu Igororero ry’abana rya Nyagatare, habereye igikorwa cyo kumurika…
Igororero rya Huye ni rimwe mu magororero afite amwihariko ugereranyije n’andi, hashingiwe ku bikorwa biharangwa…
Superintendent Delano Evariste Nyagatare, umuhuzabikorwa w’imishinga mu Rwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora RCS, avuga ko…
Kuri uyu wa 07 Mata 2026, mu magororero yose yo mu Rwanda, abagororwa hamwe n’abakozi…
This website uses cookies.