Bimaze kumenyerwa ko burimwaka hari abana bagororerwa mu Igororero rya Nyagatare, rifite umwihariko wo kwakira abana bataruzuza imyaka y’ubukure bakoze ibyaha bitandukanye bakahazanwa kuhasoreza ibihano, bakora ibizamini bisoza ibyiciro bitandukanye bijyanye n’imyaka baba bagezemo, aho muri uyu mwaka abagera kuri 19 bakoze ikizamini gisoza amashuri abanza hakiyongeraho n’undi wujujuje imyirondoro y’abitegura gukora ibizamini ari hanze mu karere ka Kamonyi kubw’ibyago zagufungwa ibizamini bikaba ari mu Igororero nawe watsinze, abandi 5 bagakora ikizamini gisoza icyiciro rusange mu mashuri yisumbuye, mu rwego rwo kubafasha kugororoka nkuko biri mu nshingano z’Urwego rw’U Rwanda rushinzwe Igorora.
Abo bana uko ari 19 bakoze ikizamini gisoza amashuri abanza bose batsinze harimo ab’igitsinagore 02 n’abigitsinagabo 17, naho 05 bakoze ikizamini gisoza icyiciro rusange nabo batsinze bose bari igitsina gabo.
Superintendent Delano Evariste Nyagatare, umuhuzabikorwa w’imishinga mu Rwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora RCS, avuga ko…
Kuri uyu wa 07 Mata 2026, mu magororero yose yo mu Rwanda, abagororwa hamwe n’abakozi…
Uyu munsi ku wa 07 Mata 2026, Abakozi b'Urwego rw'u Rwanda rushinzwe Igororora, RCS bari…
Kuri uyu wa 02 Mata 2026, ku Igororero rya Nyarugenge hamurikiwe igice cya mbere cy’igitabo…
Kuri uyu wa 01 Mata 2026, Bwana Abubacarr M. Tambadou, Umunyamabanga Mukuru w’Urukiko Mpuzamahanga rwa…
Uyu munsi tariki ya 18 Werurwe 2026, intumwa za Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu, ziyobowe…
This website uses cookies.