Categories: Amakuru ya RCSSlider

DCGP Rose Muhisoni arikumwe na Ambasaderi w’u Rwanda muri Zimbabwe James Musoni, basuye Minisitiri w’Ubutabera

Komiseri Mukuru wungirije w’urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora RCS, DCGP Rose Muhisoni, uri muruzinduko rw’akazi kuva kuwa 24 kugeza kuwa 26 Nzeri 2023, ari muri Zimbabwe, mu ruzinduko rw’akazi mu minsi itatu, aho yagiye kureba uko serivise zaho z’Igorora zikora, n’uburyo b’imikoranire myiza mu bijyanye na gahunda z’amahugurwa no gusubiza mu buzima busanzwe urwego rwo kugorora abakoze ibyaha, ibi bikaba biri murwego rwo guhanahana ubumenyi no kubaka ubunyamwuga, aho impande zombi zisangira ubumenyi bushobora gukoreshwa ku mpande zombie, murwego rwo kugorora bategura uwakoze icyaha gusubira mubuzima busanzwe.

Muri urwo ruzinduko, yasuye Gereza ya Mazowa izwiho ibikorwa by’ubuhinzi n’umusaruro, mu rwego rwo kureba uko ibikorwa by’ubuhinzi bikorwa ndetse n’uburyo bwo kuhira imyaka bakoresha mu bikorwa by’umusaruro, bakomereje kuri Gereza ifungiyemo abagore I Marondera, murwego rwo kurebe uko abagore bafunzwe bitabwaho muri gereza.

Ambasaderi w’u Rwanda muri Zimbabwe arikumwe na Komiseri mukuru wungirije wa RCS, baherekejwe n’abayobozi bashinzwe Serivise z’Igorora basuye minisitiri w’ubutabera muri Zimbabwe.
Baganiriye kubintu bitandukanye muri serivise zo kugorora abagize ibyaha.
Basuye ibikorwa by’ubuhinzi bikorerwa kuri Gereza ya Marondera izwi cyane kuri ibyo bikorwa.
Innocent NIRINGIYIMANA

Recent Posts

Abasura n’abagororwa ba b’amagororero ya Musanze na Rubavu baravuga ko E-Huza iziye igihe

RCS n’umufatanyabikorwa Rwanda brigde to Justice, bari mubukangurambaga bw’umushinga mushya w’ikoranabuhanga uzajya ufasha abasura n’abasurwa…

2 days ago

Abagororwa basaga 2700 bahamwe n’icyaha cya jenoside barishimira ko basoje amahugurwa.

Ku nyigisho bahawe na bamwe mu bayobozi bari bitabiriye umuhango wo gusoza amahugurwa y'ubumwe n'ubudaheranwa…

1 week ago

Abagororwa basaga 640 bashoje amahugurwa abategurira gusubira mu miryango yabo.

Kuri uyu wa 12 Kamena ku Igororero rya Nyamasheke, abagororwa 644 basoje amahugurwa y’ubumwe n’ubudaheranwa…

1 week ago

RCS ikomeje ubukangurambaga ku ikoreshwa rya E-Huza mu kwihutisha serivisi iha abayigana

Kuri uyu wa gatandatu taliki 06 Kamena 2026, RCS n’atekenisiye ba E-Huza bakomereje ubukangurambaga mu…

2 weeks ago

Ibikorwa by’umusaruro ku Igororero rya Huye bitanga umusanzu ukomeye mu mibereho myiza y’abahagororerwa

Ibikorwa nyongeramusaruro bikorerwa ku magororero atandukanye y’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora, RCS ni bimwe mu…

3 weeks ago

RCS iri mubukangurambaga bwa E-Huza uburyo bushya koranabuhanga bwo koherereza abagororwa amafaranga

Ku magororero ya Nyanza na Huye, kuri uyu wa gatandatu taliki 30 Gicurasi 2026, RCS…

3 weeks ago

This website uses cookies.