Mubari baherekeje abo bayobozi harimo inzego z’umutekano n’abayobozi batandukanye b’Imirenge igize Akarere ka Gasabo, murwego rwo kwegera abaturage babo bari mu Igororero rya Nyarugenge kubera impamvu zitandukanye biturutse kubyemezo by’inkiko bakabaganiriza, banabafasha gukemura bimwe mu bibazo baba bafite ndetse nabo ibyo badashoboye gukemura bakabikorera ubuvugizi, nkuko nahandi hose bigenda mu nteko z’abaturage bo muyindi mirenge, aho byaje guhuzwa na gahunda y’Igihugu y’ukwezi k’Ubumwe n’Ubudaheranwa .
Mu mwanya bahamaze hatanzwe ikiganiro cy’ubumwe n’ubudaheranwa kubagororwa n’Abantu bafunze b’Igororero rya Nyarugenge, hanatangwa umwanya w’ibibazo bitandukanye bijyanye n’imitungo n’iby’umuryango ibitabonewe ibisubizo birandikwa kugirango bishakirwe ibisubizo.
Abasura n’abasurwa ku magororero atandukanye hirya no hino mu gihugu, barishimira uburyo bushya koranabuhanga bwa…
Uyu munsi kuwa 9 Nyakanga 2026 abana 11 bagorererwa mu Igororero ry’abana rya Nyagatare barangije…
Uyu munsi taliki 29 Kamena 2026, Minisitiri w’umutekano mu gihugu Dr.Vincent Biruta yitabiriye umuhango wo…
Kuri uyu wa 27 Kamena 2026, Korali Ambassador of Christ yasuye Igororero rya Nyarugenge aho…
Kuri uyu wa 24 Kamena 2026 Ku Rwibutso rwa Kigali ruri ku Gisozi, Abakozi b'Urwego…
RCS n’umufatanyabikorwa Rwanda brigde to Justice, bari mubukangurambaga bw’umushinga mushya w’ikoranabuhanga uzajya ufasha abasura n’abasurwa…
This website uses cookies.