Mubari baherekeje abo bayobozi harimo inzego z’umutekano n’abayobozi batandukanye b’Imirenge igize Akarere ka Gasabo, murwego rwo kwegera abaturage babo bari mu Igororero rya Nyarugenge kubera impamvu zitandukanye biturutse kubyemezo by’inkiko bakabaganiriza, banabafasha gukemura bimwe mu bibazo baba bafite ndetse nabo ibyo badashoboye gukemura bakabikorera ubuvugizi, nkuko nahandi hose bigenda mu nteko z’abaturage bo muyindi mirenge, aho byaje guhuzwa na gahunda y’Igihugu y’ukwezi k’Ubumwe n’Ubudaheranwa .
Mu mwanya bahamaze hatanzwe ikiganiro cy’ubumwe n’ubudaheranwa kubagororwa n’Abantu bafunze b’Igororero rya Nyarugenge, hanatangwa umwanya w’ibibazo bitandukanye bijyanye n’imitungo n’iby’umuryango ibitabonewe ibisubizo birandikwa kugirango bishakirwe ibisubizo.
RCS n’umufatanyabikorwa Rwanda brigde to Justice, bari mubukangurambaga bw’umushinga mushya w’ikoranabuhanga uzajya ufasha abasura n’abasurwa…
Ku nyigisho bahawe na bamwe mu bayobozi bari bitabiriye umuhango wo gusoza amahugurwa y'ubumwe n'ubudaheranwa…
Kuri uyu wa 12 Kamena ku Igororero rya Nyamasheke, abagororwa 644 basoje amahugurwa y’ubumwe n’ubudaheranwa…
Kuri uyu wa gatandatu taliki 06 Kamena 2026, RCS n’atekenisiye ba E-Huza bakomereje ubukangurambaga mu…
Ibikorwa nyongeramusaruro bikorerwa ku magororero atandukanye y’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora, RCS ni bimwe mu…
Ku magororero ya Nyanza na Huye, kuri uyu wa gatandatu taliki 30 Gicurasi 2026, RCS…
This website uses cookies.