Ibi byabaye mu rwego rwo kwimakaza umuco wo gukunda siporo nkuko leta yigomwe amasaha ya nyuma ya saa sita buri wa gatanu w’icyumweru, abakozi bose bakitabira siporo mu rwego rwo kurushaho kwita ku bakozi bayo, bagakora akazi bafite ubuzima bwiza kuko siporo ku bayikora ari ubuzima, ndetse n’abayobozi bakuru b’Igihugu bafata umwanya bakajyana n’abaturage muri siporo mu rwego rwo kuyibakundisha kuko bazi ibyiza byayo ari nabyo baba bifuriza abaturage bayo.
Abatabiriye uyu mukino impande zombi zawishimiye ndetse bifuza ko gahunda nkiyo yahoraho kuko aba ari n’umwanya wo gusabana hagati y’abakozi ndetse no kurwanya zimwe mu ndwara zandurira mukudakora siporo kandi banifuje ko habaho kongera gutegura undi mukino uzabahuza wafatwa nko kwishyura amakipe akongera agahura, bakongera kwipima ubundi ubusabane bugakomeza.
Umuyobozi w’Igororero rya Nyagatare SP Donatha Mukankuranga yashimangiyeko umukino uhuza abantu kugirango bishime, basabane kandi barusheho kugira ubufatanye mu byo bakora ndetse bashimangira ko ubu busabane buzahoraho.
Abagororwa mu magororero atandukanye bakomeje kugaragaza ikibazo cy’uko iyo bakatiwe n’inkiko igihano cy’igifungo cy’imyaka runaka…
Mu gitambo cya Misa yaturiye mu Igororero rya Muhanga kuri iki cyumweru tariki ya 03…
Politiki yo kugorora kuva yatangira gushyirwa mu bikorwa 2010, Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora, RCS…
Kuri uyu wa 23 Mata 2026 mu Igororero ry’abana rya Nyagatare, habereye igikorwa cyo kumurika…
Igororero rya Huye ni rimwe mu magororero afite amwihariko ugereranyije n’andi, hashingiwe ku bikorwa biharangwa…
Superintendent Delano Evariste Nyagatare, umuhuzabikorwa w’imishinga mu Rwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora RCS, avuga ko…
This website uses cookies.