Ni amahugurwa azamara ibyumweru bibiri ariko akazakorwa mu byiciro bibiri, aho icyiciro cyambere kizasoza kuwa gatanu kuwa 24 Werurwe 2023, hakurikireho ikindi cyiciro cyakabiri kizatangira kuwa mbere, taliki 27 basoze 31 Werurwe 2023, buri cyiciro kikazaba kigizwe n’itsinda ry’abantu mirongo itatu, ni amahugurwa agamije gufasha abafite aho bahurira n’ikoranabuhanga cyane irya IECMS rifasha ababurana n’inkiko hakabaho kuburana bidasabye ko uburana ajya mu rukiko.
Iri koranabuhanga kandi rifasha kubika amadosiye yabakoze ibyaha kuko biba bihuje na sisiteme y’inkiko bidasabye ko habikwa impapuro nkuko mbere byakorwaga, ibi kandi bikaba byihutisha imirimo y’inkiko kuko ushobora kureba dosiye yawe bidasabye kujya ku rukiko.
Superintendent Delano Evariste Nyagatare, umuhuzabikorwa w’imishinga mu Rwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora RCS, avuga ko…
Kuri uyu wa 07 Mata 2026, mu magororero yose yo mu Rwanda, abagororwa hamwe n’abakozi…
Uyu munsi ku wa 07 Mata 2026, Abakozi b'Urwego rw'u Rwanda rushinzwe Igororora, RCS bari…
Kuri uyu wa 02 Mata 2026, ku Igororero rya Nyarugenge hamurikiwe igice cya mbere cy’igitabo…
Kuri uyu wa 01 Mata 2026, Bwana Abubacarr M. Tambadou, Umunyamabanga Mukuru w’Urukiko Mpuzamahanga rwa…
Uyu munsi tariki ya 18 Werurwe 2026, intumwa za Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu, ziyobowe…
This website uses cookies.