Ni amahugurwa azamara ibyumweru bibiri ariko akazakorwa mu byiciro bibiri, aho icyiciro cyambere kizasoza kuwa gatanu kuwa 24 Werurwe 2023, hakurikireho ikindi cyiciro cyakabiri kizatangira kuwa mbere, taliki 27 basoze 31 Werurwe 2023, buri cyiciro kikazaba kigizwe n’itsinda ry’abantu mirongo itatu, ni amahugurwa agamije gufasha abafite aho bahurira n’ikoranabuhanga cyane irya IECMS rifasha ababurana n’inkiko hakabaho kuburana bidasabye ko uburana ajya mu rukiko.
Iri koranabuhanga kandi rifasha kubika amadosiye yabakoze ibyaha kuko biba bihuje na sisiteme y’inkiko bidasabye ko habikwa impapuro nkuko mbere byakorwaga, ibi kandi bikaba byihutisha imirimo y’inkiko kuko ushobora kureba dosiye yawe bidasabye kujya ku rukiko.
Abagororwa mu magororero atandukanye bakomeje kugaragaza ikibazo cy’uko iyo bakatiwe n’inkiko igihano cy’igifungo cy’imyaka runaka…
Mu gitambo cya Misa yaturiye mu Igororero rya Muhanga kuri iki cyumweru tariki ya 03…
Politiki yo kugorora kuva yatangira gushyirwa mu bikorwa 2010, Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora, RCS…
Kuri uyu wa 23 Mata 2026 mu Igororero ry’abana rya Nyagatare, habereye igikorwa cyo kumurika…
Igororero rya Huye ni rimwe mu magororero afite amwihariko ugereranyije n’andi, hashingiwe ku bikorwa biharangwa…
Superintendent Delano Evariste Nyagatare, umuhuzabikorwa w’imishinga mu Rwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora RCS, avuga ko…
This website uses cookies.