Ni amahugurwa azamara ibyumweru bibiri ariko akazakorwa mu byiciro bibiri, aho icyiciro cyambere kizasoza kuwa gatanu kuwa 24 Werurwe 2023, hakurikireho ikindi cyiciro cyakabiri kizatangira kuwa mbere, taliki 27 basoze 31 Werurwe 2023, buri cyiciro kikazaba kigizwe n’itsinda ry’abantu mirongo itatu, ni amahugurwa agamije gufasha abafite aho bahurira n’ikoranabuhanga cyane irya IECMS rifasha ababurana n’inkiko hakabaho kuburana bidasabye ko uburana ajya mu rukiko.
Iri koranabuhanga kandi rifasha kubika amadosiye yabakoze ibyaha kuko biba bihuje na sisiteme y’inkiko bidasabye ko habikwa impapuro nkuko mbere byakorwaga, ibi kandi bikaba byihutisha imirimo y’inkiko kuko ushobora kureba dosiye yawe bidasabye kujya ku rukiko.
RCS n’umufatanyabikorwa Rwanda brigde to Justice, bari mubukangurambaga bw’umushinga mushya w’ikoranabuhanga uzajya ufasha abasura n’abasurwa…
Ku nyigisho bahawe na bamwe mu bayobozi bari bitabiriye umuhango wo gusoza amahugurwa y'ubumwe n'ubudaheranwa…
Kuri uyu wa 12 Kamena ku Igororero rya Nyamasheke, abagororwa 644 basoje amahugurwa y’ubumwe n’ubudaheranwa…
Kuri uyu wa gatandatu taliki 06 Kamena 2026, RCS n’atekenisiye ba E-Huza bakomereje ubukangurambaga mu…
Ibikorwa nyongeramusaruro bikorerwa ku magororero atandukanye y’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora, RCS ni bimwe mu…
Ku magororero ya Nyanza na Huye, kuri uyu wa gatandatu taliki 30 Gicurasi 2026, RCS…
This website uses cookies.