Mu kiganiro Uwera yatanze yabwiye abantu bafunze n’abagororwa bagororerwa mu Igororero rya Gicumbi ko nabo ari abaturage nk’abandi bose ko ntagahunda iyariyo ireba abanyarwanda itagomba kubageraho, niyo mpamvu habaho umwanya wo kuza kubareba bakaganirizwa kuri gahunda za leta zitandukanye kugirango nabo batazasigara inyuma anababwira ko muri ukukwezi k’ubumwe bw’ubudaheranwa, nabo batekerejweho nkuko ibiganiro bigenda bitangwa ahantu hatandukanye byibanda kubudaheranwa.
Mu mwanya bahamaze hanatanzwe ikiganiro ku buzima bwo mumutwe gitangwa n’umuganga wo mu muryango Mizero Care Organization, hanakirwa ibibazo by’abagororwa n’abantu bafunzwe, umuyobozi w’akarere abizeza ko azagarukana n’abayobozi b’imirenge yose bagende bumva ibibazo bigendanye n’imirenge.
Superintendent Delano Evariste Nyagatare, umuhuzabikorwa w’imishinga mu Rwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora RCS, avuga ko…
Kuri uyu wa 07 Mata 2026, mu magororero yose yo mu Rwanda, abagororwa hamwe n’abakozi…
Uyu munsi ku wa 07 Mata 2026, Abakozi b'Urwego rw'u Rwanda rushinzwe Igororora, RCS bari…
Kuri uyu wa 02 Mata 2026, ku Igororero rya Nyarugenge hamurikiwe igice cya mbere cy’igitabo…
Kuri uyu wa 01 Mata 2026, Bwana Abubacarr M. Tambadou, Umunyamabanga Mukuru w’Urukiko Mpuzamahanga rwa…
Uyu munsi tariki ya 18 Werurwe 2026, intumwa za Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu, ziyobowe…
This website uses cookies.