Mu kiganiro Uwera yatanze yabwiye abantu bafunze n’abagororwa bagororerwa mu Igororero rya Gicumbi ko nabo ari abaturage nk’abandi bose ko ntagahunda iyariyo ireba abanyarwanda itagomba kubageraho, niyo mpamvu habaho umwanya wo kuza kubareba bakaganirizwa kuri gahunda za leta zitandukanye kugirango nabo batazasigara inyuma anababwira ko muri ukukwezi k’ubumwe bw’ubudaheranwa, nabo batekerejweho nkuko ibiganiro bigenda bitangwa ahantu hatandukanye byibanda kubudaheranwa.
Mu mwanya bahamaze hanatanzwe ikiganiro ku buzima bwo mumutwe gitangwa n’umuganga wo mu muryango Mizero Care Organization, hanakirwa ibibazo by’abagororwa n’abantu bafunzwe, umuyobozi w’akarere abizeza ko azagarukana n’abayobozi b’imirenge yose bagende bumva ibibazo bigendanye n’imirenge.
RCS n’umufatanyabikorwa Rwanda brigde to Justice, bari mubukangurambaga bw’umushinga mushya w’ikoranabuhanga uzajya ufasha abasura n’abasurwa…
Ku nyigisho bahawe na bamwe mu bayobozi bari bitabiriye umuhango wo gusoza amahugurwa y'ubumwe n'ubudaheranwa…
Kuri uyu wa 12 Kamena ku Igororero rya Nyamasheke, abagororwa 644 basoje amahugurwa y’ubumwe n’ubudaheranwa…
Kuri uyu wa gatandatu taliki 06 Kamena 2026, RCS n’atekenisiye ba E-Huza bakomereje ubukangurambaga mu…
Ibikorwa nyongeramusaruro bikorerwa ku magororero atandukanye y’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora, RCS ni bimwe mu…
Ku magororero ya Nyanza na Huye, kuri uyu wa gatandatu taliki 30 Gicurasi 2026, RCS…
This website uses cookies.