Categories: Amakuru ya RCS

Ibikorwa by’umusaruro bya Gereza ya Huye

Umuyobozi wa Gereza ya Huye yavuze ko ibikorwa by’umusaruro bagira harimo ubuhinzi n’ubworozi bikorwa n’abagororwa ndetse hariho nibindi bikorwa hakoreshejwe amasezerano ya barwiyemeza mirimo cyangwa abaturage kugiti cyabo bijyanye no kubaka amateme ,amazu,ndetse no gusana nibindi bikorwa  bitandukanye .

                           Amasafuriya akorwa n’uruganda rwa Gereza ya Huye

                    Amasabune y’uruganda rwa Gereza ya Huye akoreshwa mwisuku y’abagororwa

                                   Kimwe mugice cy’urutoki rwa Gereza ya Huye

Yakomeje avuga ko hari nibindi bikorwa nka Atoriye y’ububaji,Ubukorikori n’ubugeni,hamwe n’Uruganda rw’amasabune n’amasafuriya manini bita movero ,ibyo bikorwa byose bikorwa hakoreshejwe abagororwa kandi ko bibyara umusaruro kuri RCS ndetse n’igihugu muri rusange.

Nanone atubwira ko  ibyo bikorwa byose bikorwa na Gereza  kubufatanye n’icyigo cy’igihugu gishinzwe ubuhinzi n’ubworozi ( RAB) cyane  mukubahugura no kubakurikirana  mubuhinzi bw’umuceri,urutoki,n’ubworozi bw’amatungo.

Akomeza avuga ko ibyo bikorwa by’umusaruro harimo ibyeguriwe MUHABURA MULTICHOICECOMPANY (MHC) nkubuhinzi bw’umuceri,ububaji,ndetse n’amasabune.

Twegereye bamwe mu bakora iyi mirimo nyongera musaruro batubwirako ibafitiye akamaro kanini kandi ko bayikora ntagahato karimo kandi bibagirira akamaro nko kongera ubumenyi mugihe bafunguwe bakazagira icyo bimarira mubuzima bwo hanze,

Ndetse kandi ko iyo mirimo ibarinda ubwigunge.

                     Imboga zigenewe Imfungwa n’abagororwa ba Gereza ya Huye

                       Inkwavu z’unganira indyo y’ababana nindwara zidakira kuri Gereza ya Huye

                                     Ubuhinzi bw’umuceri wa Gereza ya Huye

                              Inka zikamirwa imfungwa n’abagororwa babana nuburwayi budakira 

                              Kimwe mugece cya BIOGAZ kifashishwa mugutekera Imfungwa n’abagororwa

                Imwe mundege zikorwa N’abagorwa ba Gereza ya Huye

                                   Ubukorikori bukorwa n’abagorwa ba Gereza ya Huy

       Imbata z’unganira indyo y’abagororwa babana n’uburwayi budakira kuri Gereza ya Huye

                                    Ingurube zororewe kuri Gereza ya Huye

rcspet

Recent Posts

Abasura n’abagororwa ba b’amagororero ya Musanze na Rubavu baravuga ko E-Huza iziye igihe

RCS n’umufatanyabikorwa Rwanda brigde to Justice, bari mubukangurambaga bw’umushinga mushya w’ikoranabuhanga uzajya ufasha abasura n’abasurwa…

2 days ago

Abagororwa basaga 2700 bahamwe n’icyaha cya jenoside barishimira ko basoje amahugurwa.

Ku nyigisho bahawe na bamwe mu bayobozi bari bitabiriye umuhango wo gusoza amahugurwa y'ubumwe n'ubudaheranwa…

1 week ago

Abagororwa basaga 640 bashoje amahugurwa abategurira gusubira mu miryango yabo.

Kuri uyu wa 12 Kamena ku Igororero rya Nyamasheke, abagororwa 644 basoje amahugurwa y’ubumwe n’ubudaheranwa…

1 week ago

RCS ikomeje ubukangurambaga ku ikoreshwa rya E-Huza mu kwihutisha serivisi iha abayigana

Kuri uyu wa gatandatu taliki 06 Kamena 2026, RCS n’atekenisiye ba E-Huza bakomereje ubukangurambaga mu…

2 weeks ago

Ibikorwa by’umusaruro ku Igororero rya Huye bitanga umusanzu ukomeye mu mibereho myiza y’abahagororerwa

Ibikorwa nyongeramusaruro bikorerwa ku magororero atandukanye y’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora, RCS ni bimwe mu…

3 weeks ago

RCS iri mubukangurambaga bwa E-Huza uburyo bushya koranabuhanga bwo koherereza abagororwa amafaranga

Ku magororero ya Nyanza na Huye, kuri uyu wa gatandatu taliki 30 Gicurasi 2026, RCS…

3 weeks ago

This website uses cookies.