Categories: Amakuru ya RCS

Ibikorwa by’umusaruro bya Gereza ya Huye

Umuyobozi wa Gereza ya Huye yavuze ko ibikorwa by’umusaruro bagira harimo ubuhinzi n’ubworozi bikorwa n’abagororwa ndetse hariho nibindi bikorwa hakoreshejwe amasezerano ya barwiyemeza mirimo cyangwa abaturage kugiti cyabo bijyanye no kubaka amateme ,amazu,ndetse no gusana nibindi bikorwa  bitandukanye .

                           Amasafuriya akorwa n’uruganda rwa Gereza ya Huye

                    Amasabune y’uruganda rwa Gereza ya Huye akoreshwa mwisuku y’abagororwa

                                   Kimwe mugice cy’urutoki rwa Gereza ya Huye

Yakomeje avuga ko hari nibindi bikorwa nka Atoriye y’ububaji,Ubukorikori n’ubugeni,hamwe n’Uruganda rw’amasabune n’amasafuriya manini bita movero ,ibyo bikorwa byose bikorwa hakoreshejwe abagororwa kandi ko bibyara umusaruro kuri RCS ndetse n’igihugu muri rusange.

Nanone atubwira ko  ibyo bikorwa byose bikorwa na Gereza  kubufatanye n’icyigo cy’igihugu gishinzwe ubuhinzi n’ubworozi ( RAB) cyane  mukubahugura no kubakurikirana  mubuhinzi bw’umuceri,urutoki,n’ubworozi bw’amatungo.

Akomeza avuga ko ibyo bikorwa by’umusaruro harimo ibyeguriwe MUHABURA MULTICHOICECOMPANY (MHC) nkubuhinzi bw’umuceri,ububaji,ndetse n’amasabune.

Twegereye bamwe mu bakora iyi mirimo nyongera musaruro batubwirako ibafitiye akamaro kanini kandi ko bayikora ntagahato karimo kandi bibagirira akamaro nko kongera ubumenyi mugihe bafunguwe bakazagira icyo bimarira mubuzima bwo hanze,

Ndetse kandi ko iyo mirimo ibarinda ubwigunge.

                     Imboga zigenewe Imfungwa n’abagororwa ba Gereza ya Huye

                       Inkwavu z’unganira indyo y’ababana nindwara zidakira kuri Gereza ya Huye

                                     Ubuhinzi bw’umuceri wa Gereza ya Huye

                              Inka zikamirwa imfungwa n’abagororwa babana nuburwayi budakira 

                              Kimwe mugece cya BIOGAZ kifashishwa mugutekera Imfungwa n’abagororwa

                Imwe mundege zikorwa N’abagorwa ba Gereza ya Huye

                                   Ubukorikori bukorwa n’abagorwa ba Gereza ya Huy

       Imbata z’unganira indyo y’abagororwa babana n’uburwayi budakira kuri Gereza ya Huye

                                    Ingurube zororewe kuri Gereza ya Huye

rcspet

Recent Posts

Imishinga migari ya RCS igamije kugabanya insubiracyaha no guteza imbere abagororwa

Superintendent Delano Evariste Nyagatare, umuhuzabikorwa w’imishinga mu Rwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora RCS, avuga ko…

6 days ago

Abagororwa n’abakozi ba RCS bifatanyije n’Abanyarwanda mu kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Kuri uyu wa 07 Mata 2026, mu magororero yose yo mu Rwanda, abagororwa hamwe n’abakozi…

2 weeks ago

Abakozi ba RCS bari mu butumwa bw’amahoro bifatanyije n’abandi Banyarwanda Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi  mu 1994

Uyu munsi ku wa 07 Mata 2026, Abakozi b'Urwego rw'u Rwanda rushinzwe Igororora, RCS bari…

2 weeks ago

Umwanditsi Yolande Mukagasana yamuritse Igigitabo yise “Umurage w’urubyiruko” imbere y’abagororwa

Kuri uyu wa 02 Mata 2026, ku Igororero rya Nyarugenge hamurikiwe igice cya mbere cy’igitabo…

3 weeks ago

Umunyamabanga w’Urukiko Mpuzamaha rwa IRMCT yakiriwe ku Biro Bikuru bya RCS mu ruzinduko rwakazi arimo

Kuri uyu wa 01 Mata 2026, Bwana Abubacarr M. Tambadou, Umunyamabanga Mukuru w’Urukiko Mpuzamahanga rwa…

3 weeks ago

Komisiyo y’Uburenganzira bwa Muntu yasuye abakora imirimo nsimburagifungo

Uyu munsi tariki ya 18 Werurwe 2026, intumwa za Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu, ziyobowe…

1 month ago

This website uses cookies.