Categories: Amakuru ya RCS

Ibikorwa by’umusaruro bya Gereza ya Huye

Umuyobozi wa Gereza ya Huye yavuze ko ibikorwa by’umusaruro bagira harimo ubuhinzi n’ubworozi bikorwa n’abagororwa ndetse hariho nibindi bikorwa hakoreshejwe amasezerano ya barwiyemeza mirimo cyangwa abaturage kugiti cyabo bijyanye no kubaka amateme ,amazu,ndetse no gusana nibindi bikorwa  bitandukanye .

                           Amasafuriya akorwa n’uruganda rwa Gereza ya Huye

                    Amasabune y’uruganda rwa Gereza ya Huye akoreshwa mwisuku y’abagororwa

                                   Kimwe mugice cy’urutoki rwa Gereza ya Huye

Yakomeje avuga ko hari nibindi bikorwa nka Atoriye y’ububaji,Ubukorikori n’ubugeni,hamwe n’Uruganda rw’amasabune n’amasafuriya manini bita movero ,ibyo bikorwa byose bikorwa hakoreshejwe abagororwa kandi ko bibyara umusaruro kuri RCS ndetse n’igihugu muri rusange.

Nanone atubwira ko  ibyo bikorwa byose bikorwa na Gereza  kubufatanye n’icyigo cy’igihugu gishinzwe ubuhinzi n’ubworozi ( RAB) cyane  mukubahugura no kubakurikirana  mubuhinzi bw’umuceri,urutoki,n’ubworozi bw’amatungo.

Akomeza avuga ko ibyo bikorwa by’umusaruro harimo ibyeguriwe MUHABURA MULTICHOICECOMPANY (MHC) nkubuhinzi bw’umuceri,ububaji,ndetse n’amasabune.

Twegereye bamwe mu bakora iyi mirimo nyongera musaruro batubwirako ibafitiye akamaro kanini kandi ko bayikora ntagahato karimo kandi bibagirira akamaro nko kongera ubumenyi mugihe bafunguwe bakazagira icyo bimarira mubuzima bwo hanze,

Ndetse kandi ko iyo mirimo ibarinda ubwigunge.

                     Imboga zigenewe Imfungwa n’abagororwa ba Gereza ya Huye

                       Inkwavu z’unganira indyo y’ababana nindwara zidakira kuri Gereza ya Huye

                                     Ubuhinzi bw’umuceri wa Gereza ya Huye

                              Inka zikamirwa imfungwa n’abagororwa babana nuburwayi budakira 

                              Kimwe mugece cya BIOGAZ kifashishwa mugutekera Imfungwa n’abagororwa

                Imwe mundege zikorwa N’abagorwa ba Gereza ya Huye

                                   Ubukorikori bukorwa n’abagorwa ba Gereza ya Huy

       Imbata z’unganira indyo y’abagororwa babana n’uburwayi budakira kuri Gereza ya Huye

                                    Ingurube zororewe kuri Gereza ya Huye

rcspet

Recent Posts

Gusura uwawe uri mu igororero ni umusanzu ukomeye muri gahunda yo kugorora

Abagororwa mu magororero atandukanye bakomeje kugaragaza ikibazo cy’uko iyo bakatiwe n’inkiko igihano cy’igifungo cy’imyaka runaka…

2 days ago

Umwepisikopi wa Diyoseze ya Kabgayi yatanze amasakaramentu mu Igororero rya Muhanga

Mu gitambo cya Misa yaturiye mu Igororero rya Muhanga kuri iki cyumweru tariki ya 03…

2 weeks ago

Siporo ni ubuzima, siporo iturinda indwara zitandukanye – Abagororwa mu Igororero rya Rwamagana n’iry’abana rya Nyagatare

Politiki yo kugorora kuva yatangira gushyirwa mu bikorwa 2010, Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora, RCS…

2 weeks ago

Komiseri Wungirije wa RCS yitabiriye imurikwa ry’igitabo “Umurage w’Urubyiruko” mu Igororero rya Nyagatare

Kuri uyu wa 23 Mata 2026 mu Igororero ry’abana rya Nyagatare, habereye igikorwa cyo kumurika…

3 weeks ago

Uruganda rukora amasafuriya mu Igororero rya Huye rufatiye runini amagororero yose y’Igihugu

Igororero rya Huye ni rimwe mu magororero afite amwihariko ugereranyije n’andi, hashingiwe ku bikorwa biharangwa…

3 weeks ago

Imishinga migari ya RCS igamije kugabanya insubiracyaha no guteza imbere abagororwa

Superintendent Delano Evariste Nyagatare, umuhuzabikorwa w’imishinga mu Rwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora RCS, avuga ko…

4 weeks ago

This website uses cookies.