Categories: Amakuru ya RCS

Ibikorwa by’umusaruro bya Gereza ya Huye

Umuyobozi wa Gereza ya Huye yavuze ko ibikorwa by’umusaruro bagira harimo ubuhinzi n’ubworozi bikorwa n’abagororwa ndetse hariho nibindi bikorwa hakoreshejwe amasezerano ya barwiyemeza mirimo cyangwa abaturage kugiti cyabo bijyanye no kubaka amateme ,amazu,ndetse no gusana nibindi bikorwa  bitandukanye .

                           Amasafuriya akorwa n’uruganda rwa Gereza ya Huye

                    Amasabune y’uruganda rwa Gereza ya Huye akoreshwa mwisuku y’abagororwa

                                   Kimwe mugice cy’urutoki rwa Gereza ya Huye

Yakomeje avuga ko hari nibindi bikorwa nka Atoriye y’ububaji,Ubukorikori n’ubugeni,hamwe n’Uruganda rw’amasabune n’amasafuriya manini bita movero ,ibyo bikorwa byose bikorwa hakoreshejwe abagororwa kandi ko bibyara umusaruro kuri RCS ndetse n’igihugu muri rusange.

Nanone atubwira ko  ibyo bikorwa byose bikorwa na Gereza  kubufatanye n’icyigo cy’igihugu gishinzwe ubuhinzi n’ubworozi ( RAB) cyane  mukubahugura no kubakurikirana  mubuhinzi bw’umuceri,urutoki,n’ubworozi bw’amatungo.

Akomeza avuga ko ibyo bikorwa by’umusaruro harimo ibyeguriwe MUHABURA MULTICHOICECOMPANY (MHC) nkubuhinzi bw’umuceri,ububaji,ndetse n’amasabune.

Twegereye bamwe mu bakora iyi mirimo nyongera musaruro batubwirako ibafitiye akamaro kanini kandi ko bayikora ntagahato karimo kandi bibagirira akamaro nko kongera ubumenyi mugihe bafunguwe bakazagira icyo bimarira mubuzima bwo hanze,

Ndetse kandi ko iyo mirimo ibarinda ubwigunge.

                     Imboga zigenewe Imfungwa n’abagororwa ba Gereza ya Huye

                       Inkwavu z’unganira indyo y’ababana nindwara zidakira kuri Gereza ya Huye

                                     Ubuhinzi bw’umuceri wa Gereza ya Huye

                              Inka zikamirwa imfungwa n’abagororwa babana nuburwayi budakira 

                              Kimwe mugece cya BIOGAZ kifashishwa mugutekera Imfungwa n’abagororwa

                Imwe mundege zikorwa N’abagorwa ba Gereza ya Huye

                                   Ubukorikori bukorwa n’abagorwa ba Gereza ya Huy

       Imbata z’unganira indyo y’abagororwa babana n’uburwayi budakira kuri Gereza ya Huye

                                    Ingurube zororewe kuri Gereza ya Huye

rcspet

Recent Posts

Ikoranabuhanga rya E-Huza ni imwe muri gahunda yo kwihutisha serivisi kubasura n’abasurwa

Abasura n’abasurwa ku magororero atandukanye hirya no hino mu gihugu, barishimira uburyo bushya koranabuhanga bwa…

1 day ago

Abana 11 bagororerwa mu Igororero rya Nyagatare basoje ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza

Uyu munsi kuwa 9 Nyakanga 2026 abana 11 bagorererwa mu Igororero ry’abana rya Nyagatare barangije…

4 days ago

Minisitiri Biruta yashimye ubwitange bwaranze abakozi ba RCS bagiye mu kiruhuko cy’izabukuru

Uyu munsi taliki 29 Kamena 2026, Minisitiri w’umutekano mu gihugu Dr.Vincent Biruta yitabiriye umuhango wo…

2 weeks ago

Korali Ambassador of Christ yakoreye igiterane mu Igororero rya Nyarugenge

Kuri uyu wa 27 Kamena 2026, Korali Ambassador of Christ yasuye Igororero rya Nyarugenge aho…

2 weeks ago

RCS yibutse ku nshuro ya 32 abahoze ari abakozi b’amagereza bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Kuri uyu wa 24 Kamena 2026 Ku Rwibutso rwa Kigali ruri ku Gisozi, Abakozi b'Urwego…

3 weeks ago

Abasura n’abagororwa ba b’amagororero ya Musanze na Rubavu baravuga ko E-Huza iziye igihe

RCS n’umufatanyabikorwa Rwanda brigde to Justice, bari mubukangurambaga bw’umushinga mushya w’ikoranabuhanga uzajya ufasha abasura n’abasurwa…

3 weeks ago

This website uses cookies.