Mu ruzinduko yagiriye ku Igororero rya Ngoma aganira n’abagore bahagororerwa yababwiye ko basabwa kurangwa n’ikinyabupfura no kwirinda icyateza umutekano muke mu Igororero.
Yagize ati” aha muri mugomba kugaragaza imyitwarire myiza, mukarangwa n’ikinyabupfura, mukirinda ibintu byose byabateza umutekano muke mu Igororero, ibyo birimo kwinjiza ibitemewe n’amakosa atandukanye yatuma hari ikibazo cyagaragara hagati yanyu ugasanga bibabibyemo umwiryane, niyo mpamvu mugomba gukurikiza amabwiriza yose abagenga muba mwahawe.”
Yakomereje mu murenge wa Zaza, akagari ka Ruhembe, umudugudu wa Makoma aherekejwe n’umuyobozi w’akarere ka Ngoma Niyonagira Nathalie, bataha ivomero rusange ry’amazi ryubakiwe abaturage murwego rw’imikoranire myiza no gushyigikira iterambere ryabo.
CGP Evariste Murenzi yabwiye abaturage b’I Zaza ko ari abaturanyi kandi abaturanyi basangira byose, abasaba kuzabungabunga icyo gikorwa remezo bahawe kandi ababwira ko bazakomeza gufatanya mu ku babaka igihugu mu bikorwa bitandukanye harimo no gutangira abaturage batishoboye bo mumudugudu wa Makoma. ubwishingizi mu kwivuza.
Superintendent Delano Evariste Nyagatare, umuhuzabikorwa w’imishinga mu Rwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora RCS, avuga ko…
Kuri uyu wa 07 Mata 2026, mu magororero yose yo mu Rwanda, abagororwa hamwe n’abakozi…
Uyu munsi ku wa 07 Mata 2026, Abakozi b'Urwego rw'u Rwanda rushinzwe Igororora, RCS bari…
Kuri uyu wa 02 Mata 2026, ku Igororero rya Nyarugenge hamurikiwe igice cya mbere cy’igitabo…
Kuri uyu wa 01 Mata 2026, Bwana Abubacarr M. Tambadou, Umunyamabanga Mukuru w’Urukiko Mpuzamahanga rwa…
Uyu munsi tariki ya 18 Werurwe 2026, intumwa za Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu, ziyobowe…
This website uses cookies.