Amakuru ya RCS

Madame Kayitesi Alice, yasuye Igororero rya Nyamagabe, muri gahunda yo kwegera abaturage

Kuri uyu wa 26 Nyakanga 2024, nibwo madame Kayitesi Alice uyobora Intara y’Amajyepfo yagiriye uruzunduko ku Igororero rya Nyamagabe, nk’uburyo…

2 years ago

Rwanda Bridges to Justice yakoze ubukangurambaga ku by’amategeko mu Igororero rya Rwamagana

Umuryango ukora ubuhuza muby’amategeko (Rwanda Bridges to Justice(RBJ), wakoze ubukangurambaga ku mategeko cyane ku bantu bari mumagororero badafite ababunganira mumategeko,…

2 years ago

4 bagororerwa mu Igororero rya Nyagatare bakoze ikizamini cya leta gisoza icyiciro rusange

Abagiye bakora ibizamini bya Leta bari mu Igororero ry'abana rya Nyagatare mubihe byashize bagiye bagaragaza ubudasa kuko ntanumwe uratsindwa

2 years ago

Komiseri mukuru w’Urwego rw’u Rwanda Rushinzwe Igorora, CG Evariste MURENZI n’itsinda ry’umuryango Stirling Foundation basuye ahari kubaka HWHSRC bareba aho umushinga ugeze

CG Evariste Murenzi, arikumwe n’itsinda ry’umuryango Stirling Foundation, abaterankunga b’umushinga wa Half way home Social reintegration Center (HWHSRC), basuye ibikorwa…

2 years ago

16 bagororerwa mu Igororero ry’abana rya Nyagatare bakoze ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza

Abana 16 bagororerwa mu Igororero ry’abana rya Nyagatare, uyumunsi bakoze ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza, nkuko mu gihugu hose…

2 years ago

Munsenyeri Ntivuguruzwa yatuye igitambo cya Misa mu Igororero rya Nyanza, we n’itsinda ryamuherekeje babasigira ibikoresho byo kwifashisha

Munsenyeri Ntivuguruzwa Bartazar, Umushumba wa Diyosezi gatulika ya Kabgayi, taliki ya 23 Kamena 2024, yasuye Igororero rya Nyanza anahaturira igitambo…

2 years ago

Abana babana n’ababyeyi babo mu Igororero rya Nyarugenge beretswe urukundo mu cyumweru cyahariwe umunsi w’umwana w’umunyafurika

Nk’uko bimenyerewe ko buri taliki ya 16 Kamena buri mwaka hizihizwa umunsi w’umwana w’umunyafurika, muri uyu mwaka guhera kuri iyo…

2 years ago

Abakozi batatu ba RCS basoje amahugurwa ajyanye n’imicungire, yaberaga mu Gihugu cya Zambiya, ajyanye no kugorora

Umuhango wo gusoza aya mahugurwa yahabwaga abakozi 167, baturutse mu bihugu bitandukanye birimo n’U Rwanda, wabaye taliki ya 20 Kamena…

2 years ago

Dr Eduard Ngirente yatanze ipeti rya ofisiye, ku bakozi b’umwuga b’urwego basoje amahugurwa ku ishuri rya RCS Training school Rwamagana

Minisitiri w’Intebe Dr Eduard Ngirente, mu izina rya Nyakubahwa Perezida wa Repubulika yatanze ipeti rya Assistant inspector, kuri ba ofisiye…

2 years ago

Ku munsi mukuru w’umwana w’umunyafurika Abana bagororerwa mu Igororero rya Nyagatare bavuze imyato leta y’u Rwanda

Abana bagororerwa mu Igororero ry’abana rya Nyagatare mu bihangano bitandukanye bagaragarije abitabiriye umunsi w’umwana w’umunyafuriaka, ufite insanganyamatsiko igira iti “uburezi…

2 years ago

This website uses cookies.