Igikorwa cyo kwizihiza umunsi wahariwe imbonezamikurire y’abana bato (ECD Day) cyabaye uyumunsi kuwa 22 Gicurasi 2024, aho uwo munsi wari ufite insanganyamatsiko igira iti ”Umwana wanjye ishema ryanjye ” EJO NIWE NJYE”, mu baje baherekeje umuyobozi w’akarere wungirije mu kwizihiza uwo munsi ku Igororero rya Ngoma hari itsinda bazanyenye nk’uko akarere aba ari abafatanyabikorwa, batanga ibikoresho bitandukanye, birimo ibifasha abana mumikurire ndetse n’ibikangura ubwonko bwabo, batanga n’ibikoresho biyungurura amazi yo kunywa.
Abafatanyabikorwa batandukanye bajya, bagira uruhare rukomeye rwo gutuma abana babana n’ababyeyi babo kubera impamvu zitandukanye, babona amahirwe atandukanye nkayo abandi bana babana n’ababyeyi babo mu buzima bwo hanze babona.
Superintendent Delano Evariste Nyagatare, umuhuzabikorwa w’imishinga mu Rwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora RCS, avuga ko…
Kuri uyu wa 07 Mata 2026, mu magororero yose yo mu Rwanda, abagororwa hamwe n’abakozi…
Uyu munsi ku wa 07 Mata 2026, Abakozi b'Urwego rw'u Rwanda rushinzwe Igororora, RCS bari…
Kuri uyu wa 02 Mata 2026, ku Igororero rya Nyarugenge hamurikiwe igice cya mbere cy’igitabo…
Kuri uyu wa 01 Mata 2026, Bwana Abubacarr M. Tambadou, Umunyamabanga Mukuru w’Urukiko Mpuzamahanga rwa…
Uyu munsi tariki ya 18 Werurwe 2026, intumwa za Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu, ziyobowe…
This website uses cookies.