Igikorwa cyo kwizihiza umunsi wahariwe imbonezamikurire y’abana bato (ECD Day) cyabaye uyumunsi kuwa 22 Gicurasi 2024, aho uwo munsi wari ufite insanganyamatsiko igira iti ”Umwana wanjye ishema ryanjye ” EJO NIWE NJYE”, mu baje baherekeje umuyobozi w’akarere wungirije mu kwizihiza uwo munsi ku Igororero rya Ngoma hari itsinda bazanyenye nk’uko akarere aba ari abafatanyabikorwa, batanga ibikoresho bitandukanye, birimo ibifasha abana mumikurire ndetse n’ibikangura ubwonko bwabo, batanga n’ibikoresho biyungurura amazi yo kunywa.
Abafatanyabikorwa batandukanye bajya, bagira uruhare rukomeye rwo gutuma abana babana n’ababyeyi babo kubera impamvu zitandukanye, babona amahirwe atandukanye nkayo abandi bana babana n’ababyeyi babo mu buzima bwo hanze babona.
Mu birori byabereye ku Ishuri rya RCS riherereye mu Karere ka Rwamagana (RCS Traing School),…
Amapeti n’ibirango by’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora (RCS), bishyirwaho n’Iteka rya Minisitiri w’Intebe nº 009/03…
Abagororwa mu magororero atandukanye bakomeje kugaragaza ikibazo cy’uko iyo bakatiwe n’inkiko igihano cy’igifungo cy’imyaka runaka…
Mu gitambo cya Misa yaturiye mu Igororero rya Muhanga kuri iki cyumweru tariki ya 03…
Politiki yo kugorora kuva yatangira gushyirwa mu bikorwa 2010, Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora, RCS…
Kuri uyu wa 23 Mata 2026 mu Igororero ry’abana rya Nyagatare, habereye igikorwa cyo kumurika…
This website uses cookies.