Ni igikorwa cyabaye kuri iki cyumweru taliki 02 Gicurasi 2024, aho ubuyobozi bwashikirije iyi nka ubuyobozi bw’umurenge wa Nyakiriba nabwo bukayishyikiriza umuturage wawo, bikaba byaragizwemo uruhare n’abakozi bose b’igororero kuko ari inka yaguzwe mu mafaranga bakusanyije, bagamije kugira uruhare mu iterambere ry’abaturage b’akarere ka Rubavu, nkuko hari ibikorwa bitandukanye bigamije iterambere ry’Igihugu aho amagororero yose aherereye abakozi bayo bakunda kubigaragaramo cyane n’umuganda rusange, kubakira abatishoboye, koroza abaturage amatungo magufi n’amaremare.
Ibikorwa byo gufanya n’abaturage bigira uruhare runini mu buryo bw’imikoranire kuko ariho haturuka ubusabane hagati y’abaturage n’abakozi b’amagororero bakabashya gusangira amakuru atandukanye yubaka Igihugu.
RCS n’umufatanyabikorwa Rwanda brigde to Justice, bari mubukangurambaga bw’umushinga mushya w’ikoranabuhanga uzajya ufasha abasura n’abasurwa…
Ku nyigisho bahawe na bamwe mu bayobozi bari bitabiriye umuhango wo gusoza amahugurwa y'ubumwe n'ubudaheranwa…
Kuri uyu wa 12 Kamena ku Igororero rya Nyamasheke, abagororwa 644 basoje amahugurwa y’ubumwe n’ubudaheranwa…
Kuri uyu wa gatandatu taliki 06 Kamena 2026, RCS n’atekenisiye ba E-Huza bakomereje ubukangurambaga mu…
Ibikorwa nyongeramusaruro bikorerwa ku magororero atandukanye y’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora, RCS ni bimwe mu…
Ku magororero ya Nyanza na Huye, kuri uyu wa gatandatu taliki 30 Gicurasi 2026, RCS…
This website uses cookies.