Ni igikorwa cyabaye kuri iki cyumweru taliki 02 Gicurasi 2024, aho ubuyobozi bwashikirije iyi nka ubuyobozi bw’umurenge wa Nyakiriba nabwo bukayishyikiriza umuturage wawo, bikaba byaragizwemo uruhare n’abakozi bose b’igororero kuko ari inka yaguzwe mu mafaranga bakusanyije, bagamije kugira uruhare mu iterambere ry’abaturage b’akarere ka Rubavu, nkuko hari ibikorwa bitandukanye bigamije iterambere ry’Igihugu aho amagororero yose aherereye abakozi bayo bakunda kubigaragaramo cyane n’umuganda rusange, kubakira abatishoboye, koroza abaturage amatungo magufi n’amaremare.
Ibikorwa byo gufanya n’abaturage bigira uruhare runini mu buryo bw’imikoranire kuko ariho haturuka ubusabane hagati y’abaturage n’abakozi b’amagororero bakabashya gusangira amakuru atandukanye yubaka Igihugu.
Abagororwa mu magororero atandukanye bakomeje kugaragaza ikibazo cy’uko iyo bakatiwe n’inkiko igihano cy’igifungo cy’imyaka runaka…
Politiki yo kugorora kuva yatangira gushyirwa mu bikorwa 2010, Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora, RCS…
Kuri uyu wa 23 Mata 2026 mu Igororero ry’abana rya Nyagatare, habereye igikorwa cyo kumurika…
Igororero rya Huye ni rimwe mu magororero afite amwihariko ugereranyije n’andi, hashingiwe ku bikorwa biharangwa…
Superintendent Delano Evariste Nyagatare, umuhuzabikorwa w’imishinga mu Rwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora RCS, avuga ko…
Kuri uyu wa 07 Mata 2026, mu magororero yose yo mu Rwanda, abagororwa hamwe n’abakozi…
This website uses cookies.