Ni igikorwa cyabaye kuri iki cyumweru taliki 02 Gicurasi 2024, aho ubuyobozi bwashikirije iyi nka ubuyobozi bw’umurenge wa Nyakiriba nabwo bukayishyikiriza umuturage wawo, bikaba byaragizwemo uruhare n’abakozi bose b’igororero kuko ari inka yaguzwe mu mafaranga bakusanyije, bagamije kugira uruhare mu iterambere ry’abaturage b’akarere ka Rubavu, nkuko hari ibikorwa bitandukanye bigamije iterambere ry’Igihugu aho amagororero yose aherereye abakozi bayo bakunda kubigaragaramo cyane n’umuganda rusange, kubakira abatishoboye, koroza abaturage amatungo magufi n’amaremare.
Ibikorwa byo gufanya n’abaturage bigira uruhare runini mu buryo bw’imikoranire kuko ariho haturuka ubusabane hagati y’abaturage n’abakozi b’amagororero bakabashya gusangira amakuru atandukanye yubaka Igihugu.
Superintendent Delano Evariste Nyagatare, umuhuzabikorwa w’imishinga mu Rwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora RCS, avuga ko…
Kuri uyu wa 07 Mata 2026, mu magororero yose yo mu Rwanda, abagororwa hamwe n’abakozi…
Uyu munsi ku wa 07 Mata 2026, Abakozi b'Urwego rw'u Rwanda rushinzwe Igororora, RCS bari…
Kuri uyu wa 02 Mata 2026, ku Igororero rya Nyarugenge hamurikiwe igice cya mbere cy’igitabo…
Kuri uyu wa 01 Mata 2026, Bwana Abubacarr M. Tambadou, Umunyamabanga Mukuru w’Urukiko Mpuzamahanga rwa…
Uyu munsi tariki ya 18 Werurwe 2026, intumwa za Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu, ziyobowe…
This website uses cookies.