Ni igikorwa cyabaye kuri iki cyumweru taliki 02 Gicurasi 2024, aho ubuyobozi bwashikirije iyi nka ubuyobozi bw’umurenge wa Nyakiriba nabwo bukayishyikiriza umuturage wawo, bikaba byaragizwemo uruhare n’abakozi bose b’igororero kuko ari inka yaguzwe mu mafaranga bakusanyije, bagamije kugira uruhare mu iterambere ry’abaturage b’akarere ka Rubavu, nkuko hari ibikorwa bitandukanye bigamije iterambere ry’Igihugu aho amagororero yose aherereye abakozi bayo bakunda kubigaragaramo cyane n’umuganda rusange, kubakira abatishoboye, koroza abaturage amatungo magufi n’amaremare.
Ibikorwa byo gufanya n’abaturage bigira uruhare runini mu buryo bw’imikoranire kuko ariho haturuka ubusabane hagati y’abaturage n’abakozi b’amagororero bakabashya gusangira amakuru atandukanye yubaka Igihugu.
Mu birori byabereye ku Ishuri rya RCS riherereye mu Karere ka Rwamagana (RCS Traing School),…
Amapeti n’ibirango by’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora (RCS), bishyirwaho n’Iteka rya Minisitiri w’Intebe nº 009/03…
Abagororwa mu magororero atandukanye bakomeje kugaragaza ikibazo cy’uko iyo bakatiwe n’inkiko igihano cy’igifungo cy’imyaka runaka…
Mu gitambo cya Misa yaturiye mu Igororero rya Muhanga kuri iki cyumweru tariki ya 03…
Politiki yo kugorora kuva yatangira gushyirwa mu bikorwa 2010, Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora, RCS…
Kuri uyu wa 23 Mata 2026 mu Igororero ry’abana rya Nyagatare, habereye igikorwa cyo kumurika…
This website uses cookies.