Kuri uyu wa kabiri tariki ya 04 Kamena 2023, Madamu Valentine Rugwabiza intumwa yihariye y’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika ya Central Africa akaba n’Umuyobozi w’Ubutumwa bw’uyu muryango bugamije kugarura amahoro muri iki gihugu (MINUSCA) yasuye Abakozi b’umwuga b’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe igorora RCS, bari mu butumwa bwa MINUSCA abashimira umusanzu wabo mu nshingano bahawe bakorera mu magororero atandukanye y’icyo gihugu.
Rugwabiza akibashimira kandi yafashe umwanya ababwira ko bakwiye gukomeza kurangwa n’indangagaciro nziza no gukomeza gukora inshingano kinyamwuga nk’uko bisanzwe ku Abanyarwanda bose, maze abizeza ubufatanye bwiza n’umuryango ahagarariye.
RCS n’umufatanyabikorwa Rwanda brigde to Justice, bari mubukangurambaga bw’umushinga mushya w’ikoranabuhanga uzajya ufasha abasura n’abasurwa…
Ku nyigisho bahawe na bamwe mu bayobozi bari bitabiriye umuhango wo gusoza amahugurwa y'ubumwe n'ubudaheranwa…
Kuri uyu wa 12 Kamena ku Igororero rya Nyamasheke, abagororwa 644 basoje amahugurwa y’ubumwe n’ubudaheranwa…
Kuri uyu wa gatandatu taliki 06 Kamena 2026, RCS n’atekenisiye ba E-Huza bakomereje ubukangurambaga mu…
Ibikorwa nyongeramusaruro bikorerwa ku magororero atandukanye y’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora, RCS ni bimwe mu…
Ku magororero ya Nyanza na Huye, kuri uyu wa gatandatu taliki 30 Gicurasi 2026, RCS…
This website uses cookies.