Kuri uyu wa kabiri tariki ya 04 Kamena 2023, Madamu Valentine Rugwabiza intumwa yihariye y’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika ya Central Africa akaba n’Umuyobozi w’Ubutumwa bw’uyu muryango bugamije kugarura amahoro muri iki gihugu (MINUSCA) yasuye Abakozi b’umwuga b’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe igorora RCS, bari mu butumwa bwa MINUSCA abashimira umusanzu wabo mu nshingano bahawe bakorera mu magororero atandukanye y’icyo gihugu.
Rugwabiza akibashimira kandi yafashe umwanya ababwira ko bakwiye gukomeza kurangwa n’indangagaciro nziza no gukomeza gukora inshingano kinyamwuga nk’uko bisanzwe ku Abanyarwanda bose, maze abizeza ubufatanye bwiza n’umuryango ahagarariye.
Uyu munsi kuwa 9 Nyakanga 2026 abana 11 bagorererwa mu Igororero ry’abana rya Nyagatare barangije…
Uyu munsi taliki 29 Kamena 2026, Minisitiri w’umutekano mu gihugu Dr.Vincent Biruta yitabiriye umuhango wo…
Kuri uyu wa 27 Kamena 2026, Korali Ambassador of Christ yasuye Igororero rya Nyarugenge aho…
Kuri uyu wa 24 Kamena 2026 Ku Rwibutso rwa Kigali ruri ku Gisozi, Abakozi b'Urwego…
RCS n’umufatanyabikorwa Rwanda brigde to Justice, bari mubukangurambaga bw’umushinga mushya w’ikoranabuhanga uzajya ufasha abasura n’abasurwa…
Ku nyigisho bahawe na bamwe mu bayobozi bari bitabiriye umuhango wo gusoza amahugurwa y'ubumwe n'ubudaheranwa…
This website uses cookies.