Kuri uyu wa kabiri tariki ya 04 Kamena 2023, Madamu Valentine Rugwabiza intumwa yihariye y’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika ya Central Africa akaba n’Umuyobozi w’Ubutumwa bw’uyu muryango bugamije kugarura amahoro muri iki gihugu (MINUSCA) yasuye Abakozi b’umwuga b’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe igorora RCS, bari mu butumwa bwa MINUSCA abashimira umusanzu wabo mu nshingano bahawe bakorera mu magororero atandukanye y’icyo gihugu.
Rugwabiza akibashimira kandi yafashe umwanya ababwira ko bakwiye gukomeza kurangwa n’indangagaciro nziza no gukomeza gukora inshingano kinyamwuga nk’uko bisanzwe ku Abanyarwanda bose, maze abizeza ubufatanye bwiza n’umuryango ahagarariye.
Abagororwa mu magororero atandukanye bakomeje kugaragaza ikibazo cy’uko iyo bakatiwe n’inkiko igihano cy’igifungo cy’imyaka runaka…
Mu gitambo cya Misa yaturiye mu Igororero rya Muhanga kuri iki cyumweru tariki ya 03…
Politiki yo kugorora kuva yatangira gushyirwa mu bikorwa 2010, Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora, RCS…
Kuri uyu wa 23 Mata 2026 mu Igororero ry’abana rya Nyagatare, habereye igikorwa cyo kumurika…
Igororero rya Huye ni rimwe mu magororero afite amwihariko ugereranyije n’andi, hashingiwe ku bikorwa biharangwa…
Superintendent Delano Evariste Nyagatare, umuhuzabikorwa w’imishinga mu Rwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora RCS, avuga ko…
This website uses cookies.