Kuri uyu wa kabiri tariki ya 04 Kamena 2023, Madamu Valentine Rugwabiza intumwa yihariye y’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika ya Central Africa akaba n’Umuyobozi w’Ubutumwa bw’uyu muryango bugamije kugarura amahoro muri iki gihugu (MINUSCA) yasuye Abakozi b’umwuga b’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe igorora RCS, bari mu butumwa bwa MINUSCA abashimira umusanzu wabo mu nshingano bahawe bakorera mu magororero atandukanye y’icyo gihugu.
Rugwabiza akibashimira kandi yafashe umwanya ababwira ko bakwiye gukomeza kurangwa n’indangagaciro nziza no gukomeza gukora inshingano kinyamwuga nk’uko bisanzwe ku Abanyarwanda bose, maze abizeza ubufatanye bwiza n’umuryango ahagarariye.
Superintendent Delano Evariste Nyagatare, umuhuzabikorwa w’imishinga mu Rwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora RCS, avuga ko…
Kuri uyu wa 07 Mata 2026, mu magororero yose yo mu Rwanda, abagororwa hamwe n’abakozi…
Uyu munsi ku wa 07 Mata 2026, Abakozi b'Urwego rw'u Rwanda rushinzwe Igororora, RCS bari…
Kuri uyu wa 02 Mata 2026, ku Igororero rya Nyarugenge hamurikiwe igice cya mbere cy’igitabo…
Kuri uyu wa 01 Mata 2026, Bwana Abubacarr M. Tambadou, Umunyamabanga Mukuru w’Urukiko Mpuzamahanga rwa…
Uyu munsi tariki ya 18 Werurwe 2026, intumwa za Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu, ziyobowe…
This website uses cookies.