Amahugurwa yo kwita kuri Biogaz, ingufu zituruka mu myanda zikifashisha mu bikorwa bitandukanye harimo guteka ndetse no kubona umuriro yaberaga kuri Gereza ya Nyarugenge yasojwe uy umunsi.
Ni amahugurwa yahabwaga abacungagereza baturutse kuri Gereza zitandukanye mu Rwanda uko ari 13, bita ku ngufu zituruka ku myanda (Biogaz) zikifashishwa mu bikorwa bitandukanye nko guteka byakabaye bikoresha inkwi mu gutunganya ibiryo by’Imfungwa n’Abagororwa.
Abahuguwe basobanuriwe bihagije imikorere ya Biogaz ndetse n’akamaro kayo muri iki gihe isi iri mu nkundura yo kurengera ibidukikije kuko itangiza ibidukikije ugereranyije no gukoresha inkwi kuko idasohora umwotsi nka kimwe mu bintu bikunda kugarukwaho mu byangiza akayunguruzo k’izuba kandi ikaba ifasha mu kwimakaza isuku muri rusange.
Abasoje amahugurwa bishimiye amasomo bahungukiye ndetse biyemeza kuzayashyira mu bikorwa kuri za Gereza aho bakorera.
Superintendent Delano Evariste Nyagatare, umuhuzabikorwa w’imishinga mu Rwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora RCS, avuga ko…
Kuri uyu wa 07 Mata 2026, mu magororero yose yo mu Rwanda, abagororwa hamwe n’abakozi…
Uyu munsi ku wa 07 Mata 2026, Abakozi b'Urwego rw'u Rwanda rushinzwe Igororora, RCS bari…
Kuri uyu wa 02 Mata 2026, ku Igororero rya Nyarugenge hamurikiwe igice cya mbere cy’igitabo…
Kuri uyu wa 01 Mata 2026, Bwana Abubacarr M. Tambadou, Umunyamabanga Mukuru w’Urukiko Mpuzamahanga rwa…
Uyu munsi tariki ya 18 Werurwe 2026, intumwa za Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu, ziyobowe…
This website uses cookies.