Muri uru ruzinduko, CGP Evariste Murenzi nyuma yo kugaragarizwa no kugezwaho ishusho y’iri gororero ry’abana, yaganirije Ubuyobozi bwaryo, maze anatanga impanuro zishingiye ku bikorwa bikorerwa muri Igororero muri rusange ndetse no hanze yaryo asaba abakozi kuba intangarugero no kurangwa n’ikinyabupfura buri wese akaba umujyanama wa mugenzi we, anabasaba gukorera hamwe mu kurwanya ibitemewe ku igororero.
CGP Evariste Murenzi kandi yasuye anaganiriza abarimu bigisha abana bagororerwa muri iri gororero, aha impanuro anaganiriza abanyeshuri 24 bitegura gukora ibizamini bya Leta bisoza umwaka w’amashuri wa 2023 maze abifuriza kuzabitsina neza.
Mbere y’uko asoza uru ruzinduko kandi habayeho umwanya wo subiza ibibazo yabajijwe kandi abizeza kuzagaruka kubasura.
Komiseri Mukuru/RCS abaganiriza
Abanyesuri 24 bagororerwa mu igororero rya Nyagatare bazakora ibizamini bya Leta
RCS n’umufatanyabikorwa Rwanda brigde to Justice, bari mubukangurambaga bw’umushinga mushya w’ikoranabuhanga uzajya ufasha abasura n’abasurwa…
Ku nyigisho bahawe na bamwe mu bayobozi bari bitabiriye umuhango wo gusoza amahugurwa y'ubumwe n'ubudaheranwa…
Kuri uyu wa 12 Kamena ku Igororero rya Nyamasheke, abagororwa 644 basoje amahugurwa y’ubumwe n’ubudaheranwa…
Kuri uyu wa gatandatu taliki 06 Kamena 2026, RCS n’atekenisiye ba E-Huza bakomereje ubukangurambaga mu…
Ibikorwa nyongeramusaruro bikorerwa ku magororero atandukanye y’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora, RCS ni bimwe mu…
Ku magororero ya Nyanza na Huye, kuri uyu wa gatandatu taliki 30 Gicurasi 2026, RCS…
This website uses cookies.