Muri uru ruzinduko, CGP Evariste Murenzi nyuma yo kugaragarizwa no kugezwaho ishusho y’iri gororero ry’abana, yaganirije Ubuyobozi bwaryo, maze anatanga impanuro zishingiye ku bikorwa bikorerwa muri Igororero muri rusange ndetse no hanze yaryo asaba abakozi kuba intangarugero no kurangwa n’ikinyabupfura buri wese akaba umujyanama wa mugenzi we, anabasaba gukorera hamwe mu kurwanya ibitemewe ku igororero.
CGP Evariste Murenzi kandi yasuye anaganiriza abarimu bigisha abana bagororerwa muri iri gororero, aha impanuro anaganiriza abanyeshuri 24 bitegura gukora ibizamini bya Leta bisoza umwaka w’amashuri wa 2023 maze abifuriza kuzabitsina neza.
Mbere y’uko asoza uru ruzinduko kandi habayeho umwanya wo subiza ibibazo yabajijwe kandi abizeza kuzagaruka kubasura.
Komiseri Mukuru/RCS abaganiriza
Abanyesuri 24 bagororerwa mu igororero rya Nyagatare bazakora ibizamini bya Leta
Mu birori byabereye ku Ishuri rya RCS riherereye mu Karere ka Rwamagana (RCS Traing School),…
Amapeti n’ibirango by’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora (RCS), bishyirwaho n’Iteka rya Minisitiri w’Intebe nº 009/03…
Abagororwa mu magororero atandukanye bakomeje kugaragaza ikibazo cy’uko iyo bakatiwe n’inkiko igihano cy’igifungo cy’imyaka runaka…
Mu gitambo cya Misa yaturiye mu Igororero rya Muhanga kuri iki cyumweru tariki ya 03…
Politiki yo kugorora kuva yatangira gushyirwa mu bikorwa 2010, Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora, RCS…
Kuri uyu wa 23 Mata 2026 mu Igororero ry’abana rya Nyagatare, habereye igikorwa cyo kumurika…
This website uses cookies.