None kuwa 18/09/2018 ku bufatanye bwa CIR n’Urwego Rw’igihugu Rushinzwe Imfungwa n’Abagororwa (RCS hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma BMI ku magereza aherereye muntara y’amajyepfo ariyo HUYE,NYAMAGABE na RUSIZI.
ACP George RUTERANA akurikirana uko igikorwa kigenda
Uhagarariye icyo Gikorwa ACP George RUTERANA yadutangarije ko icyo gikorwa kigomba gukorwa kubufatanye bwa RCS na CICR kigakorwa n’abaganga babihuguriwe kandi babifitiye ubushobozi basanzwe bakorera kuri Head quarter ya RCS ndetse no kuri za Gereza zitandukanye zo murwanda.
Asobanura kandi ko icyo gikorwa bazaba basuzuma;Ibiro,uburebure,ububabare bw’amenyo,ndetse no kubyimba kw’amaguru.
asoza avuga ko abazaba babonetsweho na BMI irengeje bazashakirwa uburyo bakwitabwaho bashakirwa indryo yo kubunganira kuyo babonaga ya buri munsi.
RCS n’umufatanyabikorwa Rwanda brigde to Justice, bari mubukangurambaga bw’umushinga mushya w’ikoranabuhanga uzajya ufasha abasura n’abasurwa…
Ku nyigisho bahawe na bamwe mu bayobozi bari bitabiriye umuhango wo gusoza amahugurwa y'ubumwe n'ubudaheranwa…
Kuri uyu wa 12 Kamena ku Igororero rya Nyamasheke, abagororwa 644 basoje amahugurwa y’ubumwe n’ubudaheranwa…
Kuri uyu wa gatandatu taliki 06 Kamena 2026, RCS n’atekenisiye ba E-Huza bakomereje ubukangurambaga mu…
Ibikorwa nyongeramusaruro bikorerwa ku magororero atandukanye y’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora, RCS ni bimwe mu…
Ku magororero ya Nyanza na Huye, kuri uyu wa gatandatu taliki 30 Gicurasi 2026, RCS…
This website uses cookies.