None kuwa 18/09/2018 ku bufatanye bwa CIR n’Urwego Rw’igihugu Rushinzwe Imfungwa n’Abagororwa (RCS hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma BMI ku magereza aherereye muntara y’amajyepfo ariyo HUYE,NYAMAGABE na RUSIZI.
ACP George RUTERANA akurikirana uko igikorwa kigenda
Uhagarariye icyo Gikorwa ACP George RUTERANA yadutangarije ko icyo gikorwa kigomba gukorwa kubufatanye bwa RCS na CICR kigakorwa n’abaganga babihuguriwe kandi babifitiye ubushobozi basanzwe bakorera kuri Head quarter ya RCS ndetse no kuri za Gereza zitandukanye zo murwanda.
Asobanura kandi ko icyo gikorwa bazaba basuzuma;Ibiro,uburebure,ububabare bw’amenyo,ndetse no kubyimba kw’amaguru.
asoza avuga ko abazaba babonetsweho na BMI irengeje bazashakirwa uburyo bakwitabwaho bashakirwa indryo yo kubunganira kuyo babonaga ya buri munsi.
Superintendent Delano Evariste Nyagatare, umuhuzabikorwa w’imishinga mu Rwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora RCS, avuga ko…
Kuri uyu wa 07 Mata 2026, mu magororero yose yo mu Rwanda, abagororwa hamwe n’abakozi…
Uyu munsi ku wa 07 Mata 2026, Abakozi b'Urwego rw'u Rwanda rushinzwe Igororora, RCS bari…
Kuri uyu wa 02 Mata 2026, ku Igororero rya Nyarugenge hamurikiwe igice cya mbere cy’igitabo…
Kuri uyu wa 01 Mata 2026, Bwana Abubacarr M. Tambadou, Umunyamabanga Mukuru w’Urukiko Mpuzamahanga rwa…
Uyu munsi tariki ya 18 Werurwe 2026, intumwa za Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu, ziyobowe…
This website uses cookies.