Urukiko rw’ibanze rwa Ruhango rwakatiye BYUMVUHORE Faladji mwene Uwizeye na BAVAGE cyo gufungwa umwaka umwe kubera ko yagerageje gutoroka ubwo yari yaje kuburana kurukiko rukuru Ikigali ariko birangira atawe muri yombi.
BYUMVUHORE Faladji yarasanzwe afungiye kuri Gereza ya Nyanza aho yarakurikiranyweho icyaha cy’iterabwoba ariko kitaramuhama ngo agihanirwe.
Abasura n’abasurwa ku magororero atandukanye hirya no hino mu gihugu, barishimira uburyo bushya koranabuhanga bwa…
Uyu munsi kuwa 9 Nyakanga 2026 abana 11 bagorererwa mu Igororero ry’abana rya Nyagatare barangije…
Uyu munsi taliki 29 Kamena 2026, Minisitiri w’umutekano mu gihugu Dr.Vincent Biruta yitabiriye umuhango wo…
Kuri uyu wa 27 Kamena 2026, Korali Ambassador of Christ yasuye Igororero rya Nyarugenge aho…
Kuri uyu wa 24 Kamena 2026 Ku Rwibutso rwa Kigali ruri ku Gisozi, Abakozi b'Urwego…
RCS n’umufatanyabikorwa Rwanda brigde to Justice, bari mubukangurambaga bw’umushinga mushya w’ikoranabuhanga uzajya ufasha abasura n’abasurwa…
This website uses cookies.