Urukiko rw’ibanze rwa Ruhango rwakatiye BYUMVUHORE Faladji mwene Uwizeye na BAVAGE cyo gufungwa umwaka umwe kubera ko yagerageje gutoroka ubwo yari yaje kuburana kurukiko rukuru Ikigali ariko birangira atawe muri yombi.
BYUMVUHORE Faladji yarasanzwe afungiye kuri Gereza ya Nyanza aho yarakurikiranyweho icyaha cy’iterabwoba ariko kitaramuhama ngo agihanirwe.
Mu birori byabereye ku Ishuri rya RCS riherereye mu Karere ka Rwamagana (RCS Traing School),…
Amapeti n’ibirango by’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora (RCS), bishyirwaho n’Iteka rya Minisitiri w’Intebe nº 009/03…
Abagororwa mu magororero atandukanye bakomeje kugaragaza ikibazo cy’uko iyo bakatiwe n’inkiko igihano cy’igifungo cy’imyaka runaka…
Mu gitambo cya Misa yaturiye mu Igororero rya Muhanga kuri iki cyumweru tariki ya 03…
Politiki yo kugorora kuva yatangira gushyirwa mu bikorwa 2010, Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora, RCS…
Kuri uyu wa 23 Mata 2026 mu Igororero ry’abana rya Nyagatare, habereye igikorwa cyo kumurika…
This website uses cookies.