Musenyeri Ntagungira waje ahagarariye Nyiricyubahiro Cardinal Antoine Kambanda, yishimiwe cyane n’abagororwa bo muri iri Gororero rya Nyarugenge, dore ko bamwe mu bagororwa bagera kuri 41, barimo abagore 14 n’abagabo 27 bahaherewe Isakaramentu ryo Gukomezwa.
Musenyeri Ntagungira n’abapadiri baje bamuherekeje, banakiriwe neza n’ubuyobozi bwa RCS buhagarariwe na ACP Emmanuel N. Rutayisire.
Ibikorwa nk’ibi by’ivugabutumwa mu Magororero, ni bimwe mu bituma abagorororwa babona inyigisho nziza zibafasha kugira intekerezo nziza no kwanga icyaha nk’uko iyobokamana ribishishikariza abantu bose, bigatuma barushaho kugororoka ku buryo basoza ibihano bakatiwe n’inkiko barahindutse mu myumvire n’imyitwarire.
Muri iki Gitambo cya Misa abagororwa 41 bahawe isakaramentu ryo gukomezwa.
Musenyeri Ntagungira n’abapadiri bamuherekeje bahawe ikaze n’abayobozi ba RCS.
RCS n’umufatanyabikorwa Rwanda brigde to Justice, bari mubukangurambaga bw’umushinga mushya w’ikoranabuhanga uzajya ufasha abasura n’abasurwa…
Ku nyigisho bahawe na bamwe mu bayobozi bari bitabiriye umuhango wo gusoza amahugurwa y'ubumwe n'ubudaheranwa…
Kuri uyu wa 12 Kamena ku Igororero rya Nyamasheke, abagororwa 644 basoje amahugurwa y’ubumwe n’ubudaheranwa…
Kuri uyu wa gatandatu taliki 06 Kamena 2026, RCS n’atekenisiye ba E-Huza bakomereje ubukangurambaga mu…
Ibikorwa nyongeramusaruro bikorerwa ku magororero atandukanye y’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora, RCS ni bimwe mu…
Ku magororero ya Nyanza na Huye, kuri uyu wa gatandatu taliki 30 Gicurasi 2026, RCS…
This website uses cookies.